{"id":84,"date":"2020-09-30T07:38:48","date_gmt":"2020-09-30T07:38:48","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=84"},"modified":"2021-02-23T12:54:12","modified_gmt":"2021-02-23T12:54:12","slug":"ikoranabuhanga-muri-iki-gihe-cya-covid-19","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2020\/09\/30\/ikoranabuhanga-muri-iki-gihe-cya-covid-19\/","title":{"rendered":"Ikoranabuhanga mu Rwanda muri iki gihe cya covid-19"},"content":{"rendered":"\n<p>Icyorezo cya corona virusi cyugarije isi benshi mu bikorera bafunze imiryango, businesi zirahomba ku rwego rwo hejuru mu Rwanda ndetse no ku isi yose.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p>Ibikorwa by\u2019 ubucuruzi butandutanye bukenera igishoro runaka &nbsp;kugira ngo butangire, hari abifashisha amabanki, cyangwa se ubwizigame mugihe muri iyi minsi hari benshi bagiye bagura ibikorwa byabo &nbsp;hifashishijwe ikoranabuhanga, hifashijwe imbuga nkoranyambaga zitandukanye mu buryo bwo gucuruza serivisi zitandukanye nk\u2019 uburyo benshi batajyaga bakoresha mbere .<\/p>\n\n\n\n<p>Ubuzima tuganamo buratuganisha kubaho dukoresheje ikoranabuhanga&nbsp; by\u2019umwihariko nka kimwe mu bisubizo byo kwirinda ikwirakwira ry\u2019 icyorezo cya coronavirusi.<\/p>\n\n\n\n<p>Nubwo ikoranabuhanga ariryo rikoreshwa cyane mu bihe nk\u2019ibi haracyari imbogamizi ko hari benshi mu baturwanda badafite ubumenyi buhagije mu kurikoresha.&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p>Mu Rwanda itangazo ry\u2019Inama y\u2019Abaminisitiri ryo ku wa 26 Kanama 2020, risaba abacuruzi bose kwemera kwishyurwa hakoreshejwe ikoranabuhanga nka bumwe mu buryo bwo kwirinda COVID-19.<\/p>\n\n\n\n<p><strong>Queen Rosine<\/strong> <strong>Karenzi <\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Icyorezo cya corona virusi cyugarije isi benshi mu bikorera bafunze imiryango, businesi zirahomba ku rwego rwo hejuru mu Rwanda ndetse<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":85,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[8],"tags":[],"class_list":["post-84","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ikoranabuhanga"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/84","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=84"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/84\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":1072,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/84\/revisions\/1072"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/85"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=84"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=84"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=84"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}