{"id":745,"date":"2021-01-08T15:43:27","date_gmt":"2021-01-08T15:43:27","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=745"},"modified":"2021-01-08T15:43:36","modified_gmt":"2021-01-08T15:43:36","slug":"padiri-ubald-rugirangoga-yitabye-imana","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2021\/01\/08\/padiri-ubald-rugirangoga-yitabye-imana\/","title":{"rendered":"Padiri Ubald Rugirangoga yitabye Imana"},"content":{"rendered":"\n<p><em>Padiri Ubald Rugirangoga umaze imyaka irenga 33 yarihaye Imana aho kuri ubu yari Umupadiri muri Diyoseze ya Cyangugu ariko agakunda kuba ari no mu bindi bice by\u2019igihugu ategerejwe n\u2019abantu benshi ngo abasengere, yitabye Imana mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 08 Mutarama 2021.<\/em><\/p>\n\n\n\n<p>Ni nyuma y\u2019aho mu mpera z\u2019ukwezi k\u2019Ukwakira 2020, ari bwo hamenyekanye ko yanduye COVID-19, ariko akaza kurwara akayikira agasigarana ububwayi bw\u2019ibihaha yari arwayiye muri Leta Zunze Ubumwe z\u2019Amerika (USA) biherereye muri Leta ya Utah.<\/p>\n\n\n\n<p>Yavukiye ahahoze ari muri Perefegitura ya Cyangugu (mu Ntara y\u2019Iburengerazuba), Komini ya Karengera muri Segiteri ya Rwabidege muri Paroisse ya Mwezi. Hari muri Gashyantare 1955.<\/p>\n\n\n\n<p>Yize amashuri abanza i Rwabidege kuva 1962 kugera 1968. Ayisumbuye yayigiye mu Iseminari Nto yitiriwe Mutagatifu Piyo wa cumi i Nyundo kugera mu 1973 aho yaje kwirukanwa azira ubwoko bwe, ajya kuyakomereza i Burundi.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagarutse mu Rwanda mu mwaka wa 1978, aza gukomeza mu iseminari nkuru ya Nyakibanda. Yahawe isakaramentu ry\u2019Ubusaseridoti tariki ya 22 Nyakanga 1984, abuherwa i Mwezi.<\/p>\n\n\n\n<p>Mu buhamya bwe yavugaga ko yabaye Padiri kuko yumvise ijwi rimusaba kwigisha urukundo mu Rwanda, ubuhamya bwe bushingira ahaninini ku buryo yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ariko benshi mu muryango we barimo na nyina bakicwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Se umubyara, we ngo yishwe mbere ahagana mu mwaka wa 1970 azira ko yari Umututsi.&nbsp;Akiriho yavuye benshi ibikomere batewe na Jenoside yakorewe Abatutsi akenshi binyuze mu buhamya no gusengera ababaga bafite ibibazo bitandukanye bakomora kuri Jenoside.<\/p>\n\n\n\n<p>Mu mwaka wa 2015 Padiri Ubald yagizwe umurinzi w\u2019igihango kubera uruhare yagize mu gutangiza gahunda y\u2019Ubumwe n\u2019Ubwiyunge yatangije muri Paruwasi ya Mushaka, ikaba yarabyaye imbuto nyinshi mu baturage ndetse inarenga imbibi igera no mu zindi Paruwasi.<\/p>\n\n\n\n<p>Abakirisitu Gatolika Benshi batanga ubuhamya bw\u2019uburyo abo atakijije ibikomere byo ku mutima yabakijije n\u2019iby\u2019umubiri binyuze mu isengesho.<\/p>\n\n\n\n<p>Source: Imvaho Nshya<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"805\" height=\"1024\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/01\/padi-ub-2-805x1024.jpeg\" alt=\"\" class=\"wp-image-747\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/01\/padi-ub-2-805x1024.jpeg 805w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/01\/padi-ub-2-236x300.jpeg 236w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/01\/padi-ub-2-768x977.jpeg 768w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/01\/padi-ub-2.jpeg 849w\" sizes=\"auto, (max-width: 805px) 100vw, 805px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Padiri Ubald Rugirangoga umaze imyaka irenga 33 yarihaye Imana aho kuri ubu yari Umupadiri muri Diyoseze ya Cyangugu ariko agakunda<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":746,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[12,4,6],"tags":[],"class_list":["post-745","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-imibereho-myiza","category-politiki","category-ubuzima"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/745","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=745"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/745\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":748,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/745\/revisions\/748"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/746"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=745"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=745"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=745"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}