{"id":72,"date":"2020-09-30T07:24:23","date_gmt":"2020-09-30T07:24:23","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=72"},"modified":"2020-09-30T07:24:28","modified_gmt":"2020-09-30T07:24:28","slug":"usa-uwahoze-ari-avoka-wa-trump-yamwanditseho-igitabo-amuvuga-nabi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2020\/09\/30\/usa-uwahoze-ari-avoka-wa-trump-yamwanditseho-igitabo-amuvuga-nabi\/","title":{"rendered":"USA: Uwahoze ari Avoka wa Trump yamwanditseho igitabo amuvuga nabi"},"content":{"rendered":"\n<p><strong><em>Mu gihe hasigaye amezi abiri gusa ngo amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu muri Leta zunze ubumwe za Amerika abe, ibitabo byandikwa kuri Donald Trump bikomeje kwiyongera.<\/em><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p>Nyuma y\u2019umwishywa we n\u2019uwahoze ari umujyanama we John Bolton, hakurikiyeho uwahoze ari umwunganizi mu mategeko (Avoka) wa Trump witwa Michael Cohen.<\/p>\n\n\n\n<p>Igitabo yise \u00ab Disloyal : A Memoir \u00bb, kirashyirwa ahagaragara kuri uyu wa kabiri tariki 8 Nzeri 2020. Muri icyo gitabo Michael Cohen avugamo ko Perezida wa Amerika ari umubeshyi, umushukanyi n\u2019umutekamutwe (menteur, tricheur, escroc).<\/p>\n\n\n\n<p>Mu gitabo cye \u00abDisloyal : A Memoir \u00bb, Michael Cohen ashushanya Donald Trump usa n\u2019uwavuzwe mu bindi bitabo byasohotse mu byumweru bishize.<\/p>\n\n\n\n<p>Aho yiswe umubeshyi, umukopezi, ukora ubucuruzi bwa magendu, ukoresha iterabwoba, uvangura ubwoko, umutekamutwe, n\u2019ibindi.<\/p>\n\n\n\n<p>Michael Cohen nta gihe kinini gishize avuye mu bantu b\u2019inshuti ndetse b\u2019ingenzi ba Donald Trump. Yabaye Avoka we kuva mu mwaka wa 2006 kugeza muri 2018, nyuma aza gukatirwa n\u2019urukiko igifungo cy\u2019imyaka 3 muri gereza ashinjwa gutanga amakuru y\u2019ibinyoma mu nama y\u2019Intumwa za Rubanda (Congr\u00e8s) agamije gukingira ikibaba Perezida Trump mu bijyanye n\u2019ibikorwa byo kwiyamamaza byo muri 2016.<\/p>\n\n\n\n<p>Ibiro by\u2019umukuru w\u2019igihugu (Maison Blanche) byasohoye itangazo rivuga ko Michael Cohen ari umunyabyaha watakarijwe icyizere. Risoza rigira riti: \u201cnta gitangaza kuba yaba arimo kugerageza gushakira amahirwe ye ya nyuma mu gushakira inyungu mu kinyoma\u201d.<\/p>\n\n\n\n<p>Source: Kigali today<\/p>\n\n\n\n<p>Karenzi Christophe<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Mu gihe hasigaye amezi abiri gusa ngo amatora y\u2019umukuru w\u2019igihugu muri Leta zunze ubumwe za Amerika abe, ibitabo byandikwa kuri<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":73,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[4],"tags":[],"class_list":["post-72","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/72","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=72"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/72\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":74,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/72\/revisions\/74"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/73"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=72"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=72"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=72"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}