{"id":5954,"date":"2026-05-11T18:05:42","date_gmt":"2026-05-11T18:05:42","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=5954"},"modified":"2026-05-11T18:25:00","modified_gmt":"2026-05-11T18:25:00","slug":"perezida-kagame-yageze-i-nairobi-mu-nama-ihuza-ubufaransa-na-afurika","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2026\/05\/11\/perezida-kagame-yageze-i-nairobi-mu-nama-ihuza-ubufaransa-na-afurika\/","title":{"rendered":"Perezida Kagame yageze i Nairobi mu nama ihuza Ubufaransa na Afurika"},"content":{"rendered":"\n<p><em>Na Christopher Karenzi<\/em><\/p>\n\n\n\n<p>Perezida Kagame yageze i Nairobi muri Kenya aho yifatanyije n\u2019Abakuru b\u2019Ibihugu na za Guverinoma baturutse hirya no hino ku mugabane wa Afurika mu nama ya mbere yitwa Africa Forward Summit, yateguwe ku bufatanye bwa Perezida wa Kenya, William Ruto, na Perezida w\u2019u Bufaransa, Emmanuel Macron.<\/p>\n\n\n\n<p>Iyi nama iri kuba ku nsanganyamatsiko igira iti: <strong>\u201c<\/strong>Africa Forward: Ubufatanye bwa Afurika n\u2019u Bufaransa mu guhanga udushya no guteza imbere ubukungu<strong>\u201d<\/strong>, igamije gushimangira ubufatanye hagati y\u2019u Bufaransa na Afurika mu bucuruzi, ishoramari ndetse n\u2019ikoranabuhanga.<\/p>\n\n\n\n<p>Itangazo dukesha ibiro by\u2019Umukuru w\u2019igihugu, ni uko Perezida Kagame ateganya kuzatanga ikiganiro nyunguranabitekerezo ku rwego rwo hejuru kikazibanda &nbsp;ku bwenge buhangano (Artificial Intelligence) n\u2019ikoranabuhanga rya digitale.<\/p>\n\n\n\n<p>Azageza ijambo &nbsp;mu nama rusange izahuza abayobozi b\u2019ibigo bikomeye byo muri Afurika n\u2019u Bufaransa ku bijyanye n\u2019inganda&nbsp; ku&nbsp; bidukikije ndetse n\u2019impinduka mu rwego rw\u2019ingufu.<\/p>\n\n\n\n<p>Iyi nama ihuje abantu barenga 4,000 barimo Abakuru b\u2019Ibihugu na za Guverinoma barenga 25 bo muri Afurika, abayobozi b\u2019ibigo by\u2019ubucuruzi ndetse n\u2019abahanga mu guhanga udushya. Biteganyijwe ko izasozwa n\u2019Itangazo rya Nairobi ku hazaza h\u2019ubufatanye hagati ya Afurika n\u2019u Bufaransa.<\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Na Christopher Karenzi Perezida Kagame yageze i Nairobi muri Kenya aho yifatanyije n\u2019Abakuru b\u2019Ibihugu na za Guverinoma baturutse hirya no<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":5960,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[4],"tags":[],"class_list":["post-5954","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-politiki"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/5954","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=5954"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/5954\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":5956,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/5954\/revisions\/5956"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/5960"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=5954"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=5954"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=5954"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}