{"id":588,"date":"2020-11-30T12:40:49","date_gmt":"2020-11-30T12:40:49","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=588"},"modified":"2020-11-30T12:40:57","modified_gmt":"2020-11-30T12:40:57","slug":"menya-gwiza-ya-banki-yabaturage-ubitsamo-ikayagusubiza-yongeyeho-inyungu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2020\/11\/30\/menya-gwiza-ya-banki-yabaturage-ubitsamo-ikayagusubiza-yongeyeho-inyungu\/","title":{"rendered":"Menya \u2018Gwiza\u2019 ya Banki y\u2019Abaturage ubitsamo ikayagusubiza yongeyeho inyungu"},"content":{"rendered":"\n<p>Aba ni abantu babona ibibatunga bakoresheje amaboko n\u2019ubwenge byabo, cyangwa ababihabwa nk\u2019inkunga yo kubunganira mu mibereho.<\/p>\n\n\n\n<p>Muri aba bose, abangana na miliyoni imwe n\u2019ibihumbi magana ane (1.4 million) bahwanye na 21%, ni bo bonyine bafata ku mafaranga binjiza bakayazigama muri banki bagamije kuzayabikuza nyuma y\u2019igihe hiyongereyeho inyungu.<\/p>\n\n\n\n<p>Uwitwa Mukashyaka utuye ku Gisozi muri Gasabo avuga ko mu myaka itandatu ishize yabaga mu nzu y\u2019abandi yishyura ubukode buri kwezi, ariko ubu atuye mu nzu yiyubakiye afatanyije n\u2019uwo bashakanye.<\/p>\n\n\n\n<p>Mukashyaka avuga ko urugo rwabo rwinjizaga amafaranga nk\u2019ibihumbi 400 buri kwezi, baza kwigira inama yo kuzigama 1\/2 cy\u2019uwo mushahara, hashize umwaka bajya kuri banki ibereka ya mafaranga yariyongereyeho 8% by\u2019ayo bazigamye buri kwezi.<\/p>\n\n\n\n<p>Nyuma y\u2019igihe bagiye kubikuza ya mafaranga bagura inzu barayivugurura bayimukiramo, ubu baratuje kuko nta muntu uza kubakomangira abishyuza ay\u2019ubukode buri kwezi.<\/p>\n\n\n\n<p>Mukashyaka yagize ati \u201cIyo tutayabika ngo agwire tuba tukiri mu bukode, umushahara w\u2019ukwezi kumwe ntabwo wakubakira inzu, ariko iyo ushyize duke duke kuri konti \u2018bloqu\u00e9\u2019 turagwira, ukatuguramo ibyo ushaka byari byarakunaniye kugura\u201d.<\/p>\n\n\n\n<p>Kugeza ubu umuntu wese ufite amafaranga ibihumbi bitanu (5,000Frw) yayaheraho akayabitsa muri Banki y\u2019Abaturage (BPR Atlas Mara) kuri konti yitwa \u2018Gwiza Savings Account\u2019.<\/p>\n\n\n\n<p>Uretse inyungu ya 8% buri mwaka yiyongera ku mafaranga umuntu yagiye abitsa buri kwezi kuri iyo konti, umukiriya yemerewe no kubikuzaho atarenga 30% byayo buri gihembwe.<\/p>\n\n\n\n<p>Ibyiza biri mu kwizigamira mu gihe kirekire nk\u2019ubu buryo bwo kugira konti ya \u2018Gwiza\u2019, ni uko hari abandi bantu baba bakeneye inguzanyo muri banki, bagahabwa kuri aya mafaranga bagenzi babo baba baragiye babitsamo.<\/p>\n\n\n\n<p>Banki y\u2019Abaturage (BPR Atlas Mara) igira inama abantu ko aho kugira ngo bakoreshe amafaranga maze bazigame asigaye, ahubwo umuntu yabanza kuzigama agakoresha asigaye.<\/p>\n\n\n\n<p>Source: Kigali today<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Aba ni abantu babona ibibatunga bakoresheje amaboko n\u2019ubwenge byabo, cyangwa ababihabwa nk\u2019inkunga yo kubunganira mu mibereho. Muri aba bose, abangana<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":589,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[7],"tags":[],"class_list":["post-588","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubukungu"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/588","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=588"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/588\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":590,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/588\/revisions\/590"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/589"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=588"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=588"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=588"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}