{"id":5863,"date":"2026-04-09T08:55:32","date_gmt":"2026-04-09T08:55:32","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=5863"},"modified":"2026-04-09T08:55:33","modified_gmt":"2026-04-09T08:55:33","slug":"ishyirahamwe-ryabakiniye-amavubi-ryahinduye-icyerekezo-riba-iriharanira-ubuvugizi-bwumukinyi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2026\/04\/09\/ishyirahamwe-ryabakiniye-amavubi-ryahinduye-icyerekezo-riba-iriharanira-ubuvugizi-bwumukinyi\/","title":{"rendered":"Ishyirahamwe ry\u2019Abakiniye Amavubi ryahinduye icyerekezo riba iriharanira ubuvugizi bw\u2019umukinyi"},"content":{"rendered":"\n<p>Murangwa Eug\u00e8ne yongeye gutorerwa kuyobora Ishyirahamwe ry\u2019abakiniye Ikipe y\u2019Igihugu \u2018Amavubi\u2019 (FAPA), aho nyuma yo kuvugurura amategeko shingiro yaryo rigiye kujya ribamo n\u2019abakina mu Cyiciro cya Mbere mu bagabo n\u2019abagore.<\/p>\n\n\n\n<p>Amatora ya FAPA yabereye ku cyicaro cya FERWAFA kuri uyu wa Mbere, tariki ya 6 Mata 2026, aho ku murongo w\u2019ibyigwa hari kwemeza amategeko shingiro mashya no gutora ubuyobozi bushya.<\/p>\n\n\n\n<p>Amatora yabaye yasize Murangwa Eug\u00e8ne atorewe kuba Perezida, Visi Perezida wa Mbere aba Nshimiyimana Eric usanzwe ari Umutoza Wungirije w\u2019Amavubi naho Visi Perezida wa Kabiri aba Nsabimana Eric \u2018Zidane\u2019 usanzwe ari Kapiteni wa Police FC.<\/p>\n\n\n\n<p>Umunyamabanga Mukuru ni Jimmy Mulisa wungirijwe na Gasingwa Michel na ho Umubitsi ni Habimana Sosth\u00e8ne.<\/p>\n\n\n\n<p>Ku mwanya w\u2019uhagarariye abagore hatowe Musabaganwa Christine naho uhagarariye urubyiruko n\u2019iterambere ni Niyonzima Haruna mu gihe uhagarariye ababa hanze y\u2019u Rwanda (Diaspora) ari Mbonabucya D\u00e9sir\u00e9.<\/p>\n\n\n\n<p>Komisiyo Ngenzuzi igizwe na Kamanzi Karim (Perezida), Umwungeri Patrick na Twajamahoro Yves mu gihe Komisiyo Nkemurampaka irimo Habyarimana Innocent (Perezida), Masumbuko Jean de Dieu na Rukundo Jean Marie Vianney.<\/p>\n\n\n\n<p>Komisiyo Ngenzuzi igizwe na Perezida n\u2019abajyanama babiri naho muri Nkemurampaka harimo Perezida, Visi Perezida n\u2019Umunyamabanga.<\/p>\n\n\n\n<p>Abitabiriye inteko rusange yo kuri uyu wa Mbere bahise baba abanyamuryango ba FAPA mu gihe abakinnye mu makipe yo mu Cyiciro cya Mbere n\u2019abagikina (abagabo n\u2019abagore) bashaka kujya muri iri Shyirahamwe bazajya babisaba.<\/p>\n\n\n\n<p>Mu nama hemejwe ko FAPA itakiri &#8220;Former Amavubi Players Association&#8221; ahubwo yabaye &#8220;Footballers Association For Player Advocacy&#8221;, mu magambo magufi bikaba (FAPA Rwanda).<\/p>\n\n\n\n<p>Abagikina mu Cyiciro cya Mbere mu bagabo n\u2019abagore bitabiriye iyi nama barimo Kapiteni wa Police FC, Nsabimana Eric \u2019Zidane\u2019; Visi Kapiteni wa Rayon Sports, Emmanuel Nshimiyimana \u2019Kabange\u2019, Nshuti Didier wa Gorilla FC, Rwabuhihi Placide wa Kiyovu Sports na Kapiteni wa APR WFC, Uwase Bonette.<\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Murangwa Eug\u00e8ne yongeye gutorerwa kuyobora Ishyirahamwe ry\u2019abakiniye Ikipe y\u2019Igihugu \u2018Amavubi\u2019 (FAPA), aho nyuma yo kuvugurura amategeko shingiro yaryo rigiye kujya<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":5872,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-5863","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-imikino"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/5863","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=5863"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/5863\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":5874,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/5863\/revisions\/5874"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/5872"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=5863"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=5863"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=5863"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}