{"id":4295,"date":"2024-08-11T13:25:12","date_gmt":"2024-08-11T13:25:12","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=4295"},"modified":"2024-08-11T13:25:12","modified_gmt":"2024-08-11T13:25:12","slug":"ikipe-ya-police-fc-yegukanye-igikombe-kiruta-ibindi-mu-rwanda-ferwafa-super-cup-2024-nyuma-yo-gutsindira-apr-fc-kuri-kigali-pele-stadium-kuri-penaliti-6-5-mu-mukino-wahabereye-kuri-uyu-wa-gatandatu","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2024\/08\/11\/ikipe-ya-police-fc-yegukanye-igikombe-kiruta-ibindi-mu-rwanda-ferwafa-super-cup-2024-nyuma-yo-gutsindira-apr-fc-kuri-kigali-pele-stadium-kuri-penaliti-6-5-mu-mukino-wahabereye-kuri-uyu-wa-gatandatu\/","title":{"rendered":"Ikipe ya Police FC yegukanye igikombe kiruta ibindi mu Rwanda (FERWAFA Super Cup 2024), nyuma yo gutsindira APR FC kuri Kigali Pel\u00e9 Stadium kuri penaliti 6-5 mu mukino wahabereye kuri uyu wa Gatandatu tariki 10 Kanama"},"content":{"rendered":"\n<p>Ni umukino wari uryoheye abafana benshi bari muri Kigali Pel\u00e9 Stadium kuva mu ntangiriro kugeza urangiye. Ku munota wa 11 Police FC yahushije uburyo bukomeye ubwo Richard Kilongozi yahuriraga na Pavelh Ndzila mu kirere amutanga umupira ahita awushyira ku mutwe ugana mu izamu, gusa ukubita ku giti cy\u2019izamu bashatse kuwusubizamo ntiwabakundira.<\/p>\n\n\n\n<p>Muri iyi minota 15 ya mbere Police FC yari hejuru cyane ku munota wa 14 yabonye kufura ku ikosa ryakorewe rutahizamu Ani Elijah watangaga akazi gakomeye, maze uyu mupira uterwa na Hakizimana Muhadjili ariko umunyezamu Pavelh Ndzila awukoraho arawurenza ujya muri koruneri.<\/p>\n\n\n\n<p>Ku munota wa 22 APR FC yakoreshaga uburyo busatira byihuse, yabonye uburyo bwa mbere bukomeye aribwo kufura yari ku ruhande rw\u2019ibumoso iterwa na Ruboneka Jean Bosco, umunyezamu Niyongira Patience ashatse gufata umupira wari hejuru cyane uramurenga, Nshimiyimana Yunusu ananirwa kuwushyira mu izamu.<\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n\n\n\n\n\n<p>Ku munota wa 88 amakipe yasimbuje, Police FC ikuramo Richard Kilongozi ishyiramo Mugisha Didier, APR FC ikuramo Niyibizi Ramadhan ishyiramo Tuyisenge Ars\u00e8ne mu gihe Dushimimana Olivier yasimbuwe na Alioum Souane, ariko ntibyagira icyo bihindura iminota 90 hamwe n\u2019ine yongeweho irangira amakipe anganya 0-0 hitabazwa penaliti.<\/p>\n\n\n\n<p>Ku ruhande rwa APR FC, Penaliti zatewe na Niyigena Clement, Mamadou Sy, Alioum Souane, Pavelh Ndzila na Byiringiro Gilbert barazinjiza, naho Dauda Yussif na Richmond Lamptey izabo umunyezamu Niyongira Patience azikuramo. Ni mu gihe penaliti za Police FC zatewe na Hakizimana Muhadjili, Ani Elijah, Eric Nsabimana, Simeon Iradukunda, Mugisha Didier, Issa Yakubu wayihushije ndetse na Abedi Bigirimana watsinze iya nyuma, umukino urangira Police FC itwaye igikombe itsinze penaliti 6-5.<\/p>\n\n\n\n<p>Police FC yegukanye iki gikombe ku nshuro ya mbere yahawe igikombe na miliyoni icumi z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda, mu gihe APR FC yatahanye miliyoni eshanu.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"1024\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/08\/POLICE-2-1024x1024.webp\" alt=\"\" class=\"wp-image-4297\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/08\/POLICE-2-1024x1024.webp 1024w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/08\/POLICE-2-300x300.webp 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/08\/POLICE-2-150x150.webp 150w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/08\/POLICE-2-768x768.webp 768w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/08\/POLICE-2.webp 1080w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Ku munota wa 88 amakipe yasimbuje, Police FC ikuramo Richard Kilongozi ishyiramo Mugisha Didier, APR FC ikuramo Niyibizi Ramadhan ishyiramo Tuyisenge Ars\u00e8ne mu gihe Dushimimana Olivier yasimbuwe na Alioum Souane, ariko ntibyagira icyo bihindura iminota 90 hamwe n\u2019ine yongeweho irangira amakipe anganya 0-0 hitabazwa penaliti.<\/p>\n\n\n\n<p>Ku ruhande rwa APR FC, Penaliti zatewe na Niyigena Clement, Mamadou Sy, Alioum Souane, Pavelh Ndzila na Byiringiro Gilbert barazinjiza, naho Dauda Yussif na Richmond Lamptey izabo umunyezamu Niyongira Patience azikuramo. Ni mu gihe penaliti za Police FC zatewe na Hakizimana Muhadjili, Ani Elijah, Eric Nsabimana, Simeon Iradukunda, Mugisha Didier, Issa Yakubu wayihushije ndetse na Abedi Bigirimana watsinze iya nyuma, umukino urangira Police FC itwaye igikombe itsinze penaliti 6-5.<\/p>\n\n\n\n<p>Police FC yegukanye iki gikombe ku nshuro ya mbere yahawe igikombe na miliyoni icumi z\u2019amafaranga y\u2019u Rwanda, mu gihe APR FC yatahanye miliyoni eshanu<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"1024\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/08\/POLICE-4-1024x1024.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-4299\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/08\/POLICE-4-1024x1024.jpg 1024w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/08\/POLICE-4-300x300.jpg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/08\/POLICE-4-150x150.jpg 150w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/08\/POLICE-4-768x768.jpg 768w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/08\/POLICE-4.jpg 1080w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Brightafrica<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ni umukino wari uryoheye abafana benshi bari muri Kigali Pel\u00e9 Stadium kuva mu ntangiriro kugeza urangiye. Ku munota wa 11<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":4296,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-4295","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-imikino"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4295","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=4295"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4295\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":4300,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4295\/revisions\/4300"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/4296"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=4295"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=4295"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=4295"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}