{"id":4267,"date":"2024-08-01T18:23:22","date_gmt":"2024-08-01T18:23:22","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=4267"},"modified":"2024-08-01T18:23:22","modified_gmt":"2024-08-01T18:23:22","slug":"tshisekedi-yasubitse-uruzinduko-i-kisangani-ajya-kwivuriza-mu-bubiligi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2024\/08\/01\/tshisekedi-yasubitse-uruzinduko-i-kisangani-ajya-kwivuriza-mu-bubiligi\/","title":{"rendered":"Tshisekedi yasubitse uruzinduko i Kisangani, ajya kwivuriza mu Bubiligi"},"content":{"rendered":"\n<p>Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, F\u00e9lix Tshisekedi, yasubitse uruzinduko yari afitiye mu mujyi wa Kisangani mu ntara ya Tshopo, ajya kwivuriza mu Bubiligi.<\/p>\n\n\n\n<p>Ibiro bye byasobanuye ko yari yarateganyije kujya kwifatanya n\u2019abo muri Kisangani tariki ya 2 Kanama 2024 ariko bitagishobotse, biti \u201cUbu yagiye mu Bubiligi kwivuza uruti rw\u2019umugongo.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Muri Werurwe 2022 ni bwo Perezida Tshisekedi yagiye kwivuza bwa mbere ubu burwayi mu Bubiligi. Nyuma yo kubagwa, yasohotse mu Bitaro i Bruxelles, ajya kuganiriza abakozi bo muri Ambasade y\u2019igihugu cye, abaha ubuhamya ku buzima bwe.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"682\" height=\"1024\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/08\/TSHISEKEDI-2.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-4268\" style=\"width:1031px;height:auto\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/08\/TSHISEKEDI-2.jpg 682w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/08\/TSHISEKEDI-2-200x300.jpg 200w\" sizes=\"auto, (max-width: 682px) 100vw, 682px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Yagize ati \u201cBirababaza cyane. Byaje mu gihe nakiraga bagenzi banjye i Kinshasa. Biragoye ariko sinashoboraga kubura. Icyo gihe rero, ububabare bwarushijeho.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Tshisekedi wagaragaye yambaye igikoresho cyo kwa muganga gifata ijosi, yasobanuye ati \u201cNagize inzobere zamvuye. Ubu nshobora kugendana \u2018Minerve\u2019 mu gihe runaka kugira ngo amagufwa n\u2019uruti rw\u2019umugongo bitavunika. Imana ishimwe, ndacyariho.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Ibi biro byasobanuye ko mu gihe yari akiri muri RDC, mu bitaro bya gisirikare bya Tshatshi giherereye i Kinshasa hoherejwe inzobere zamwitagaho mbere y\u2019uko asubira mu Bubiligi.<\/p>\n\n\n\n<p>Source: Igihe<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, F\u00e9lix Tshisekedi, yasubitse uruzinduko yari afitiye mu mujyi wa Kisangani mu ntara ya<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":0,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[4],"tags":[],"class_list":["post-4267","post","type-post","status-publish","format-standard","hentry","category-politiki"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4267","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=4267"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4267\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":4269,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/4267\/revisions\/4269"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=4267"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=4267"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=4267"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}