{"id":3981,"date":"2024-02-13T15:00:15","date_gmt":"2024-02-13T15:00:15","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=3981"},"modified":"2024-02-13T15:00:17","modified_gmt":"2024-02-13T15:00:17","slug":"umusaruro-wibigori-wari-kurenga-toni-ibihumbi-600-iyo-imvura-itagwa-nyinshi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2024\/02\/13\/umusaruro-wibigori-wari-kurenga-toni-ibihumbi-600-iyo-imvura-itagwa-nyinshi\/","title":{"rendered":"Umusaruro w\u2019ibigori wari kurenga Toni ibihumbi 600 iyo imvura itagwa nyinshi"},"content":{"rendered":"\n<p>Isarura ry\u2019igihembwe cya 2024A rigaragaza ko umusaruro w\u2019ibigori wageze neza gusa ukabangamirwa n\u2019imvura nyinshi.Ingamba zagiye zishyirwaho zo kongera umusaruro harimo gukoresha imbuto z\u2019indobanure, inyongeramusaruro byatumye umusaruro uba mwinshi.<\/p>\n\n\n\n<p>Nkuko dukesha Imvaho nshya, Minisitiri w\u2019Ubuhinzi n\u2019Ubworozi , Dr Musafiri Ildephonse yatangaje ko muri iki gihembwe cy\u2019ihinga cya 2024 A, u Rwanda rwejeje ibigori bigera kuri toni ibihumbi 600 kandi iyo imvura itagwa zari kurenga.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati \u201cIbi bigori twari twejeje bigera kuri toni ibihumbi 600, ubwo kandi byegereye ibyo turya mu mwaka wose, iyo tutagira ikibazo cy\u2019imvura, ubwo icy\u2019ibigori twari kuba tugikemuye dutangiye kohereza mu mahanga.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Minisitiri Dr Musafiri yabibwiye abarenga 1200 bakora mu rwego rw\u2019ubuhinzi n\u2019ubworozi bateraniye i Bugesera bari kwigira hamwe uko bafata neza umusaruro wabonetse mu gihembwe cy\u2019ihinga cya 2024 A banafata ingamba ku gihembwe cy\u2019ihinga gitaha cya 2024 B.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"245\" height=\"206\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/02\/imvaho-3.jpeg\" alt=\"\" class=\"wp-image-3983\" style=\"width:1023px;height:auto\"\/><\/figure>\n\n\n\n<p>Si ibigori gusa byeze neza, kuko ku rundi ruhande Minisiteri y\u2019Ubuhinzi n\u2019Ubworozi itangaza ko mu gihembwe cy\u2019ihinga cya 2024 A, habonetse umusaruro w\u2019ibirayi ungana na toni 519 290, byasaruwe kuri hegitari 63,328.Minisitiri yasabye abahinzi kongeramo agatege kugira ngo akazi gafashe mu kugamburuza ubukene, abantu bakiteza imbere.<\/p>\n\n\n\n<p>Umwe mu bahinzi bejeje Ibigori, mu Karere ka Kamonyi yatangarije Imvaho Nshya ko yagize umusaruro mwiza w\u2019ibigori, ariko ko afite impungenge zo kubyimisha neza kuko imicyo y\u2019Urugaryi yabye mike.Yagize ati: Imvura yabaye nyinshi muri iki gihe cy\u2019Urugaryi ishobora kuduteza igihombo, kuko kwanika umusaruro wari wabaye mwinshi ntibyoroshye.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Abahinzi bo mu Karere ka Gakenke Abahinzi b\u2019ibigori mu kibaya cya Gashenyi na bo bavuga ko umusaruro w\u2019ibigori wabaye mwinshi bakaba bafite imbogamizi y\u2019ubwanikiro budahagije.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"802\" height=\"602\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/02\/imvaho-2.jpeg\" alt=\"\" class=\"wp-image-3984\" style=\"width:1035px;height:auto\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/02\/imvaho-2.jpeg 802w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/02\/imvaho-2-300x225.jpeg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2024\/02\/imvaho-2-768x576.jpeg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 802px) 100vw, 802px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p><strong>Ubwanditsi.<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Isarura ry\u2019igihembwe cya 2024A rigaragaza ko umusaruro w\u2019ibigori wageze neza gusa ukabangamirwa n\u2019imvura nyinshi.Ingamba zagiye zishyirwaho zo kongera umusaruro harimo<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":3982,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[12],"tags":[],"class_list":["post-3981","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-imibereho-myiza"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3981","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3981"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3981\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":3985,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3981\/revisions\/3985"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/3982"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3981"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3981"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3981"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}