{"id":343,"date":"2020-10-29T17:40:37","date_gmt":"2020-10-29T17:40:37","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=343"},"modified":"2020-10-31T16:32:35","modified_gmt":"2020-10-31T16:32:35","slug":"umushinga-wa-unified-champion-schools-mu-iterambere-ku-bafite-ubumuga-bwo-mu-mutwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2020\/10\/29\/umushinga-wa-unified-champion-schools-mu-iterambere-ku-bafite-ubumuga-bwo-mu-mutwe\/","title":{"rendered":"Umushinga wa Unified champion  schools mu iterambere  ku bafite ubumuga bwo mu mutwe"},"content":{"rendered":"\n<p>Umushinga wa Unified champion schools &nbsp;ni umushinga uhuza abana baba mu bigo by\u2019amashuri  n\u2019abafite ubumuga baba mu muryango nyarwanda aho batuye (community) .<\/p>\n\n\n\n<p>MUHIRE Patrick Guevara ni umuyobozi ushizwe siporo n\u2019iterambere muri Special Olympics Rwanda. &nbsp;Mu kiganiro &nbsp;na brightafrica.rw, &nbsp;yavuze ko Uwo mushinga uzakorana n\u2019ibigo &nbsp;bigera kuri magana ane (400) mu Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/SPECIAL-OLY-1-2-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-345\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/SPECIAL-OLY-1-2-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/SPECIAL-OLY-1-2-300x200.jpg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/SPECIAL-OLY-1-2-768x512.jpg 768w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/SPECIAL-OLY-1-2-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/SPECIAL-OLY-1-2-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption>Bamwe mu bahawe impamyabushobozi bari kumwe n&#8217;abayobozi<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p>Ibyo bigo bikazajya bikorana n\u2019umuryango mugari ubegereye aho batuye barereramo abana bafite ubumuga bwo mu mutwe harimo abana n\u2019 abakuru bakurikirana imikino itandukanye harimo&nbsp; umupira w\u2019 amaguru(football), imyitozo ngororamubiri (athletisme), gutera umuhunda, gutera ingasire ndetse na <strong>Boccia.<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p>Muri uku kwezi Ku kwakira, habaye amahugurwa &nbsp;ari mu byiciro bibiri.&nbsp;&nbsp;Icyiciro cya mbere&nbsp; hari amahugurwa agamije &nbsp;gusuzuma ibijyanye n\u2019ubuzima bwo mu mutwe no kureba ingano y\u2019ibibazo bafite mu mutwe kugira ngo barebe igice cyo mu mutwe bagomba guteza iterambere &nbsp;ry\u2019uyu mushinga wa Unified Champion school ukaba ugamije mbere na mbere gukura abafite ubumuga bwo mu mutwe mu bw\u2019igunge, &nbsp;sibyo gusa ukaba ugamije kwerekana siporo idaheza&nbsp; abantu bose bafite ubumuga bwo mu mutwe, bose muri rusange kugeza igihe bazanasaba Car&nbsp; free day izaba ihuje abantu bose bayikora muri rusange .<\/p>\n\n\n\n<p>Umuyobozi wa Special Olympics Rwanda Pr.Deus Sangwa \u00a0yashimiye \u00a0abahuguwe ko bafite \u00a0umutima w\u2019urukundo bagaragariza abafite ubumuga bwo mu mutwe barimo abavandimwe, ababyeyi, bakuru babo ndetse na barumuna babo.By\u2019umwihariko Umuyobozi wa Special Olympics Rwanda PR. Sangwa ashimira umukuru w&#8217;igihugu washyigikiye uyu muryango ko watera imbere mu Rwanda no muri Afurika muri rusange, agaragaza ko ari umuyobozi  ukunda siporo ku buryo bw\u2019umwihariko. Yibukije ko ubwo Perezida Paul Kagame aheruka muri leta zunze Ubumwe za Amerika mu mwaka wa 2015, yakurikiranye imikino y\u2019abafite ubumuga bwo mu mutwe, yabonye uko uko bitabira imikino abona urukundo ndetse n\u2019ibyishimo bafite bahawe umwanya, aragaza ko no mu Rwanda tugomba kubiha\u00a0 agaciro.<\/p>\n\n\n\n<p>Umushumba Sangwa \u00a0yagize ati : \u2018\u2019Niyo mpamvu mubona gahunda za Special Olympics Rwanda \u00a0zigenda zikomera \u00a0na none leta yacu ishyiramo uruhare rugaragara\u2019\u2019. Yasabye abitabiriye aya mahugurwa ko bitaba amasigaracyicaro.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"683\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/SPECIAL-OLY-1-3-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-346\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/SPECIAL-OLY-1-3-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/SPECIAL-OLY-1-3-300x200.jpg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/SPECIAL-OLY-1-3-768x512.jpg 768w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/SPECIAL-OLY-1-3-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/SPECIAL-OLY-1-3-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Nyuma y&#8217;ikiciro cya mbere cy&#8217;amahugurwa hakurikiyeho  ayandi mahugurwa  ajyanye na Porogaramu ya Fit 5&nbsp;. Ndayishimiye Gilbert akuriye umushinga Fit Families ndetse n\u2019ikoranabuhanga muri Special Olympics mu Rwanda. Mu kiganiro na brightafrica.rw, yavuze ko iyi Fit 5 ari porogaramu isobanura &nbsp;gukora siporo inshuro eshanu buri cyumweru,&nbsp; ni kuvuga ko muri icyo cyumweru buri munsi akora &nbsp;imyitozo itanu itandukanye akarya imbuto eshanu zitandukanye akanywa n\u2019amazi amacupa atanu. Iki kikaba ari icyiciro cya kabiri cy\u2019abatoza bahuguwe muri uku kwezi ku ukwakira.<\/p>\n\n\n\n<p>Abatoza bagera kuri 45 baturutse mu duce dutandukanye tw\u2019igihugu, bahuguwe \u00a0kubijyanye na Fit 5 aho bibanda ku mirire binyuze muri siporo \u00a0no kurwanya umwuma. \u00a0Ndayishimiye yavuze ko aba batoza bahuguwe, ngo bari basanzwe bari muri Special Olympics mu Rwanda ndetse ko hagomba kwiyongeramwo abandi bashyashya.\u00a0 Icyo bagomba gukora ni ukugenda mu miryango itandukanye bakareba abana bafite ubumuga bwo mu mutwe bakabakangurira gukora siporo,ahanini iyo siporo bifuza ko bayikorana n\u2019ababyeyi babo kandi bagakomeza kurya imbuto bakanywa n\u2019amazi menshi. Ku kibazo cyo kuba hari abadafite ubushobozi bwo kubona imboga , Ndayishimiye Gilbert, yavuze ko nta muntu udafite ubushobozi bwo kugura imbuto, asanga umuntu yafata byibuze imbuto eshanu n\u2019imboga rwatsi, abahuhuguwe bakaba bashishikarizwa kugeza ubutumwa ku bari mu cyaro ko mugihe babuze izi mbuto barya n\u2019imboga rwatsi bakunze kwita irengarenga. Special Olympics \u00a0ikorera mu turere 23\u00a0 mu Rwanda, kwikubitiro uyu mushinga watangiriye mu mujyi wa Kigali ariko  mu myaka iri imbere uzasakara mu gihugu cyose.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"910\" height=\"1024\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/GUEVARA-910x1024.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-347\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/GUEVARA-910x1024.jpg 910w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/GUEVARA-267x300.jpg 267w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/GUEVARA-768x864.jpg 768w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/GUEVARA-1366x1536.jpg 1366w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/GUEVARA-1821x2048.jpg 1821w\" sizes=\"auto, (max-width: 910px) 100vw, 910px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>I bumoso  MUHIRE Patrick Guevara, umuyobozi ushizwe siporo n\u2019iterambere muri Special Olympics Rwanda<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/Rev-Tumusime-Samuel-1024x868.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-351\" width=\"875\" height=\"742\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/Rev-Tumusime-Samuel-1024x868.jpg 1024w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/Rev-Tumusime-Samuel-300x254.jpg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/Rev-Tumusime-Samuel-768x651.jpg 768w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/Rev-Tumusime-Samuel-1536x1302.jpg 1536w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/Rev-Tumusime-Samuel-2048x1736.jpg 2048w\" sizes=\"auto, (max-width: 875px) 100vw, 875px\" \/><figcaption>Rev. Tumushime  Samuel Umuyobozi mu nama y&#8217;ubutegetsi  ya Special Olympics Rwanda <\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/Umuyobozi-wa-Special-Olympics-Rwanda-Pr.Deus-Sangwa-1024x703.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-352\" width=\"891\" height=\"612\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/Umuyobozi-wa-Special-Olympics-Rwanda-Pr.Deus-Sangwa-1024x703.jpg 1024w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/Umuyobozi-wa-Special-Olympics-Rwanda-Pr.Deus-Sangwa-300x206.jpg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/Umuyobozi-wa-Special-Olympics-Rwanda-Pr.Deus-Sangwa-768x527.jpg 768w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/Umuyobozi-wa-Special-Olympics-Rwanda-Pr.Deus-Sangwa-1536x1055.jpg 1536w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/Umuyobozi-wa-Special-Olympics-Rwanda-Pr.Deus-Sangwa-2048x1406.jpg 2048w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/Umuyobozi-wa-Special-Olympics-Rwanda-Pr.Deus-Sangwa-130x90.jpg 130w\" sizes=\"auto, (max-width: 891px) 100vw, 891px\" \/><figcaption>Umuyobozi wa Special Olympics Rwanda Pr. Deus Sangwa asoza kumugaragaro amahugurwa <\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/ABAYOBOZI.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-353\" width=\"892\" height=\"674\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/ABAYOBOZI.jpg 816w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/ABAYOBOZI-300x227.jpg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/ABAYOBOZI-768x581.jpg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 892px) 100vw, 892px\" \/><figcaption>Abayobozi  bagize Inama y&#8217;ubutegetsi muri SOR  nabo bari bitabiriye uyu muhango wo gutanga impamyabushobozi<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/Gilbert-1.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-367\" width=\"879\" height=\"587\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/Gilbert-1.jpg 1024w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/Gilbert-1-300x200.jpg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2020\/10\/Gilbert-1-768x512.jpg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 879px) 100vw, 879px\" \/><figcaption>Ndayishimiye Gilbert akuriye umushinga Fit Families n\u2019ikoranabuhanga muri Special Olympics Rwanda<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p><strong> <strong>Christophe<\/strong><\/strong>r Karenzi<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umushinga wa Unified champion schools &nbsp;ni umushinga uhuza abana baba mu bigo by\u2019amashuri n\u2019abafite ubumuga baba mu muryango nyarwanda aho<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":344,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-343","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-imikino"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/343","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=343"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/343\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":369,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/343\/revisions\/369"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/344"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=343"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=343"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=343"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}