{"id":3216,"date":"2023-04-06T17:15:46","date_gmt":"2023-04-06T17:15:46","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=3216"},"modified":"2023-04-06T17:19:29","modified_gmt":"2023-04-06T17:19:29","slug":"muhanga-hari-abashyirwa-mu-majwi-kugira-uruhare-mu-urupfu-rwumwarimu-wa-kaminuza-ishami-rya-nyagatare","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2023\/04\/06\/muhanga-hari-abashyirwa-mu-majwi-kugira-uruhare-mu-urupfu-rwumwarimu-wa-kaminuza-ishami-rya-nyagatare\/","title":{"rendered":"Muhanga: Hari abashyirwa mu majwi kugira uruhare mu Urupfu rw\u2019umwarimu wa Kaminuza ishami rya Nyagatare"},"content":{"rendered":"\n<p>Nyuma y\u2019uko uko mu Murenge wa Cyeza, Akagari ka Kivumu Umudugudu wa Musengo, hatoraguwe umurambo w\u2019umwarimu wigisha muri Kaminuza y\u2019u Rwanda ishami rya Nyagatare, amakuru avuga ko bamwe mu bamwishe batangiye gutabwa muri yombi, ndetse batanga n\u2019amakuru ku kagambane kabaye ngo yicwa<\/p>\n\n\n\n<p>Umwe mu bakekwa bavuga ko asanzwe akora umwuga wo kogosha aho ku Kivumu, bivugwa ko ari we wabaye uwa mbere mu kwijyana kuri sitasiyo ya RIB ya Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, avuga ko ari we wishe nyakwigendera.<\/p>\n\n\n\n<p>Uwo wijyanye kuri RIB ngo yanatanze amakuru ku bo bafatanyije kwica mwarimu Charles Karoro Muhirwe, bituma hafatwa abandi bantu babiri ubu bafungiye i Muhanga cyangwa i Kigali.<\/p>\n\n\n\n<p>Charles Karoro Muhirwe, mbere yuko ajya kwigisha muri kaminuza ya Butare yishami rya Huye ubu. Yabanje gukura kuri Radio Rwanda mu ishami ry\u2019icyongereza.<\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/charles-2-2-1024x683.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-3220\" width=\"1024\" height=\"683\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/charles-2-2-1024x683.jpg 1024w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/charles-2-2-300x200.jpg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/charles-2-2-768x512.jpg 768w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/charles-2-2-1536x1024.jpg 1536w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2023\/04\/charles-2-2-2048x1365.jpg 2048w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Amakuru yakomeje gucicikana avuga ko uwishe nyakwigendera, yavuze ko yari yemerewe guhabwa amafaranga ibihumbi 300frw y\u2019ikiguzi cy\u2019ako kazi, ariko aba ahawe ibihumbi 70frw akazongerwa andi arangije icyo gikorwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Uwatanze akazi ko kwica nyakwigendera ngo yabitewe no kuba yaramutwaye isoko rya Farumasi batavuga iyo ari yo, hakaba n\u2019abavuga ko nyakwigendera yaba yaratwaye umugore w\u2019umuturanyi, we akaba yaramugambaniye hatanzwe miliyoni eshatu ngo yicwe.<\/p>\n\n\n\n<p>Amakuru kandi avuga ko abakekwaho ibyaha baba bafitanye ibibazo ku buryo harimo abashinjwa ibinyoma.<\/p>\n\n\n\n<p><strong>Inkuru dukesha Kigali Today<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Nyuma y\u2019uko uko mu Murenge wa Cyeza, Akagari ka Kivumu Umudugudu wa Musengo, hatoraguwe umurambo w\u2019umwarimu wigisha muri Kaminuza y\u2019u<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":3217,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[5],"tags":[],"class_list":["post-3216","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubutabera"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3216","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=3216"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3216\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":3222,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/3216\/revisions\/3222"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/3217"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=3216"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=3216"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=3216"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}