{"id":287,"date":"2020-10-22T18:06:35","date_gmt":"2020-10-22T18:06:35","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=287"},"modified":"2020-10-22T18:06:38","modified_gmt":"2020-10-22T18:06:38","slug":"gicumbi-na-heroes-ziyambaje-rgb-ngo-ibakiranure-na-ferwafa","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2020\/10\/22\/gicumbi-na-heroes-ziyambaje-rgb-ngo-ibakiranure-na-ferwafa\/","title":{"rendered":"Gicumbi na Heroes ziyambaje RGB ngo ibakiranure na Ferwafa"},"content":{"rendered":"\n<p>Amakipe ya Gicumbi na Heroes aheruka gusubizwa mu cyiciro cya kabiri, yandikiye RGB ngo ibarenganure, igaragaza ibyo FERWAFA yaba ikora bitubahirije amategeko<\/p>\n\n\n\n<p>Ikipe ya Gicumbi ndetse na Heroes zimaze iminsi zarishyize hamwe mu kugaragaza ikibazo bita akarengane cyo kuba baramanuwe mu cyiciro cya kabiri mu buryo budakurikije amategeko nk\u2019uko bagiye babigaragaza mu bihe bitandukanye, biyambaje RGB ngo ibarenganure.<\/p>\n\n\n\n<p>Aya makipe avuga ko umwanzuro wafashwe wo kubamura udakurikije amategeko, aho mu ibaruwa y\u2019amapaji atanu bandikiye RGB, bavuga ko ingingo ya 33 y\u2019amategeko shingiro Komite Nyobozi ya Ferwafa bagendeyeho idajurikije amategeko kuko bari munsi y\u2019Inteko Rusange.<\/p>\n\n\n\n<p>Gicumbi na Heroes kandi zivuga ko inama yahuje amakipe yo mu cyiciro cya mbere (hifashishijwe ikoranabuhanga), itahawe agaciro kandi abanyamuryango bari bemeje ko aya makipe atazamanuka.<\/p>\n\n\n\n<p>Inkuru ya Kigali Today<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Amakipe ya Gicumbi na Heroes aheruka gusubizwa mu cyiciro cya kabiri, yandikiye RGB ngo ibarenganure, igaragaza ibyo FERWAFA yaba ikora<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":288,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-287","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-imikino"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/287","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=287"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/287\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":289,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/287\/revisions\/289"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/288"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=287"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=287"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=287"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}