{"id":2612,"date":"2022-09-29T13:00:45","date_gmt":"2022-09-29T13:00:45","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=2612"},"modified":"2022-09-29T13:00:47","modified_gmt":"2022-09-29T13:00:47","slug":"umutoza-kirenga-wa-espoir-bbc-mbonye-abakinnyi-2-babanyamahanga-nagera-ku-mukino-wa-nyuma","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2022\/09\/29\/umutoza-kirenga-wa-espoir-bbc-mbonye-abakinnyi-2-babanyamahanga-nagera-ku-mukino-wa-nyuma\/","title":{"rendered":"Umutoza Kirenga wa Espoir BBC &#8211; Mbonye abakinnyi 2 b\u2019abanyamahanga nagera ku mukino wa nyuma"},"content":{"rendered":"\n<p>Ikipe ya Espoir Basketball Club mu myaka 12 ishize yari ihagaze neza ihangana&nbsp; cyane n\u2019amakipe nka Apr BBC na Cercle Sportif de Kigali &nbsp;ariko &nbsp;uko imyaka igenda ishira, yasimbuwe n\u2019andi makipe akomeye &nbsp;ubu &nbsp;Patriots &nbsp;BBC, REG BBC na Apr BBC, Tigers BBC.<\/p>\n\n\n\n<p>Danny Kirenga ubu ni umutoza mukuru \u00a0wa Espoir BBC \u00a0watangiye kuyitoza mu kwezi kwa 3\/2022. \u00a0Mbere yuko\u00a0 ubuyobozi bumuha inshingano zo gutoza \u00a0iyi ikipe yatoje ikipe ya Ami BK y\u2019i Bukavu mu ntara ya Kivu y\u2019Amajyepfo muri Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo aho yegukanye igikombe. Mbere yuko yerekeza muri Kongo akaba yari\u00a0 Team Manager muri Espoir BBC yo mu Rwanda yabiciye bigacika mu myaka ishize ifite n\u2019abafana benshi.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/09\/Coach-Kirenga-3-1.jpeg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2615\" width=\"1037\" height=\"827\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/09\/Coach-Kirenga-3-1.jpeg 750w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/09\/Coach-Kirenga-3-1-300x239.jpeg 300w\" sizes=\"auto, (max-width: 1037px) 100vw, 1037px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Mu kiganiro kirambuye n\u2019Umutoza Danny Kirenga, yavuze ko yaje kugaruka muri Espoir BBC, abisabwe n\u2019Ubuyobozi bw\u2019iyi kipe kuza kuyibera umutoza mukuru mu mwaka w\u2019imikino 2021-2022.<\/p>\n\n\n\n<p><strong>Ese ni iki cyamufashije kugera ku rwego rwo gutoza Espoir BBC?<\/strong><\/p>\n\n\n\n<p>Kirenga yavuze ko kuba yaratoje Ami BK akayiha igikombe ndetse akitabira n\u2019irushnwa ry\u2019igikombe cya Kongo, byamwongereye ubunararibonye.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati \u201c Nyuma yo kuva muri Kongo nari Umutoza mukuru wa Ami-BK, nk\u2019umunyarwanda nagiye nitabira amahugurwa atandukanye haba i Dar es Salaam muri Tanzania ndetse na \u00a0Dubai\u00a0 muri Leta zunze Ubumwe z\u2019Abarabu, hari ubumenyi\u00a0\u00a0 nagiye nunguka, bari basanzwe banzi kuva kera\u00a0 muri komite kandi nigeze kuba\u00a0 Team manager, baransabye kuza kubafasha\u2019\u2019.<\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n\n\n\n<p>Kubijya n\u2019urwego rw\u2019umupira w\u2019amaboko Basketball mu&nbsp; Rwanda, Kirenga hari ibyo yishimiye&nbsp; hari n\u2019icyo anenga.<\/p>\n\n\n\n<p>Icyo yishimira ni uko hari urwego rwazamutse rwa basketball mu Rwanda haba ku mikinire, ku batoza ndetse n\u2019imitegurire iri ku rwego rwo hejuru.<\/p>\n\n\n\n<p>Nta byera ngo de asanga hari ikibuze mu mikinire y\u2019abakinnyi bo mu Rwanda. Yagize ati \u2018\u2019Twifashisha abanyamahanga ni byiza ariko icyo nengaho gato, ni\u00a0 ku batoza\u00a0 n\u2019abakinnyi ubona urwego ruri hasi.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati \u201cBasket urebye ihera hasi, nicyo kintu nabonye muri Kongo baturushaho gato. Urebye Patriots na REG abatoza babo ni abanyamahanga, wareba abakinnyi barimo kuzamura urwego rwabo mu mikino ya nyuma ya Kamarampaka (Playoffs), Abakinnyi b\u2019ababanyarwanda ni bake bagaragara.\u2019\u2019<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/09\/Coach-Kirenga-1.jpeg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2618\" width=\"1032\" height=\"1032\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/09\/Coach-Kirenga-1.jpeg 640w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/09\/Coach-Kirenga-1-300x300.jpeg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/09\/Coach-Kirenga-1-150x150.jpeg 150w\" sizes=\"auto, (max-width: 1032px) 100vw, 1032px\" \/><figcaption>Coach Danny Kirenga<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p>Kirenga yakomeje avuga ko usanga abanyamerika aribo bazamurwa kandi koko ngo&nbsp; bafite ubumenyi nibyo&nbsp; kandi abakinnyi b\u2019ababanyarwanda hari icyo babigiraho ariko urwego ruracyari hasi ugereranyije n\u2019abanyamahanga bakoresha mu Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p>Umutoza Danny Kirenga arifuza ko urwego rw\u2019abatoza b\u2019abanyarwanda rwazamuka byibuze ku mikino ya nyuma umutoza w\u2019umunyarwanda akagaragara.<\/p>\n\n\n\n<p>Yatanze urugero ku makipe ya mbere mu Rwanda yaba REG BBC, Patriots BBC n APR BBC, zose zifite abatoza b\u2019Abanyamahanga\u00a0 kandi abanyarwanda bashoboye. Ni muri urwo rwego yifuza ko bagirira icyizere abatoza\u00a0 b\u2019Abanyarwanda\u00a0 n\u2019Abakinnyi bafite, agasaba ko Ishyirahamwe rya basketball mu Rwanda ryabibafashamo kandi ngo byagenda neza.<\/p>\n\n\n\n<p>Ikipe ya Espoir&nbsp; BBC yasoje shampiyona&nbsp; y\u2019uyu mwaka w\u2019imikino iri ku mwanya wa 5 ikaba yarakoresheje abakinnyi b\u2019abanyarwanda gusa nta munyamahanga urimo.<\/p>\n\n\n\n<p>Espoir BBC, tuyiziho gutwara ibikombe byinshi mu gihe gitambutse, tuyiziho mu mikino ya nyuma ya kamarampaka ariko ubu ntabwo ari ya kipe irimo guhatanira ibikombe nka mbere.<\/p>\n\n\n\n<p>Nkuko bitangazwa n\u2019Umutoza&nbsp; Kirenga ngo bari mu rwego rwo&nbsp; kurwanira kujya mu mikino ya kamarampaka (playoffs).<\/p>\n\n\n\n<p>Icyo yishimira ni uko  ikipe ya Espoir yayihesheje\u00a0 umwanya wa gatano, ntaramenya niba azakomezanya nayo mu mikino y\u2019umwaka utaha wa 2022-2023. Ntaravugana na Komite y\u2019ikipe niba bazamwongerera amasezerano, ngo agiriwe icyizere yakomezanya nabo hanyuma abonye nk\u2019abakinnyi 2 b\u2019abanyamahanga\u00a0 bakomeye, arizera ko yagera ku mikino ya Kamarampaka n\u2019umukino wa nyuma (finale) kuko bishoboka.<\/p>\n\n\n\n<p><strong>Christopher Karenzi<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ikipe ya Espoir Basketball Club mu myaka 12 ishize yari ihagaze neza ihangana&nbsp; cyane n\u2019amakipe nka Apr BBC na Cercle<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":2613,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-2612","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-imikino"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2612","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2612"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2612\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":2619,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2612\/revisions\/2619"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2613"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2612"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2612"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2612"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}