{"id":255,"date":"2020-10-16T08:23:23","date_gmt":"2020-10-16T08:23:23","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=255"},"modified":"2020-10-16T08:23:26","modified_gmt":"2020-10-16T08:23:26","slug":"ubungenzuzi-bukuru-bwinkiko-bwasabwe-gufasha-abanyamakuru-kubona-amakuru","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2020\/10\/16\/ubungenzuzi-bukuru-bwinkiko-bwasabwe-gufasha-abanyamakuru-kubona-amakuru\/","title":{"rendered":"Ubungenzuzi bukuru bw\u2019Inkiko bwasabwe gufasha abanyamakuru kubona amakuru."},"content":{"rendered":"\n<p>Dr. Faustin Nteziryayo Perezida w\u2019Urukiko rw\u2019Ikirenga&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p>Perezida w\u2019urukiko&nbsp; rw\u2019ikirenga&nbsp; Dr Faustin Nteziryayo arasaba ubugenzuzi bukuru bw\u2019inkiko kujya bufasha abanyamakuru kubona amakuru.<\/p>\n\n\n\n<p>Ibi yabitangaje kuri uyu wa gatatu tariki 14.10.2020 i Kigali mu kiganiro n\u2019abanyamakuru.<\/p>\n\n\n\n<p>Ku mikoraniro y\u2019urwego rw\u2019ubucamanza n\u2019inkiko usanga hari imbogamizi abanyamakuru bahura nazo mu gutara amakuru&nbsp; Dr Faustin nteziryayo, yavuze ko ikibazo bakizi, icyo bifuza ni uko abanyamakuru batangaza ibyo inkiko zikora,ni muri urwo rwego yasabye ubungenzuzi&nbsp; bukuru bw\u2019inkiko kujya bubafasha kubona amakuru.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati: \u2018\u2019Hari igihe ushaka gutara inkuru ku cyemezo cyafashwe&nbsp; n\u2019urukiko ariko ntushobore nyine kubona urubanza rwaciwe, niho twifuza&nbsp; ko ibyo byemezo byashobora kuboneka. By\u2019umwihariko amakuru mwifuza ubugenzuzi bukuru bw\u2019inkiko bwayabaha\u2019\u2019.<\/p>\n\n\n\n<p>Ku bijyanye no guhinga urumogi, Perezida w\u2019urukiko&nbsp; rw\u2019ikirenga&nbsp; Dr Faustin&nbsp;&nbsp; yavuze ko icyo gihingwa kizajya gihingwa mu rwego rwo kocyohereza mu mahanga hanyuma gihingwe mu gukora imiti nkuko minisitiri w\u2019ubuzima yabivuze.<\/p>\n\n\n\n<p>Yavuze ibintu 2. Mu rwego rwa guverinoma, yavuze ko kugihinga &nbsp;ni kuzajya&nbsp;&nbsp; rwoherezwa &nbsp;mu mahanga,<\/p>\n\n\n\n<p>Icya kabiri ni uko kunywa urumogi ari icyaha gihanwa n\u2019amategeko kandi kizakomeza gukurikiranwa gihanwe n\u2019amategeko.<\/p>\n\n\n\n<p>Inama y\u2019Abaminisitiri yateranye ku wa mbere tariki 12 z\u2019uku kwezi,yemeje amabwiriza yerekeye ihingwa, itunganywa n\u2019iyohereza mu mahanga ry\u2019ibimera byifashishwa mu buvuzi.<\/p>\n\n\n\n<p>Gahunda ni uko mu gihe mu gihugu hazaba hari ubushobozi bwo kubyaza umusaruro ibyo bimera, izatangira gukorerwa imbere mu gihugu.<\/p>\n\n\n\n<p>Muri ayo mabwiriza byitezwe ko hazaba harimo ingamba zikaze zo kurwanya ikoreshwa ry\u2019ibyo bimera mu buryo bunyuranyije n\u2019amategeko, aho abazaba bemerewe kubitunganya bazahabwa uruhushya rujyanye n\u2019ibyo bakora.<\/p>\n\n\n\n<p>U Rwanda rufashe uyu mwanzuro nyuma y\u2019aho mu bihugu byinshi ku Isi ibimera bikorwamo imiti bitangiye kubona isoko cyane ku buryo bishakishwa hose. Igihugu kirashaka kubyaza amahirwe ubutaka n\u2019ikirere cyiza mu kubihinga kugira ngo birwungukire.<\/p>\n\n\n\n<p>Amateka agaragaza ko urumogi ruzwi nka \u2018Marijuana\u2019 cyangwa \u2018Cannabis\u2019 rwabonetse mu myaka 500 mbere ya Yezu, rwakomotse muri Aziya yo Hagati muri Mongolia na Siberia y\u2019Amajyepfo.<\/p>\n\n\n\n<p>Ikiganiro n\u2019abanyamakuru cyabaye nyuma yo gutangiza ku mugaragaro amahugurwa y\u2019abanyamakuru ku burenganzira n\u2019ubryo bwo hutara inkuru z\u2019ubutabera.<\/p>\n\n\n\n<p><strong>Karenzi Christophe<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Dr. Faustin Nteziryayo Perezida w\u2019Urukiko rw\u2019Ikirenga&nbsp; Perezida w\u2019urukiko&nbsp; rw\u2019ikirenga&nbsp; Dr Faustin Nteziryayo arasaba ubugenzuzi bukuru bw\u2019inkiko kujya bufasha abanyamakuru kubona<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":256,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[5],"tags":[],"class_list":["post-255","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubutabera"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/255","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=255"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/255\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":257,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/255\/revisions\/257"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/256"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=255"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=255"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=255"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}