{"id":2186,"date":"2022-04-19T08:56:38","date_gmt":"2022-04-19T08:56:38","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=2186"},"modified":"2022-04-19T09:59:42","modified_gmt":"2022-04-19T09:59:42","slug":"mbaraga-ni-imana-yandokoye-ningabo-za-fpr-inkotanyi","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2022\/04\/19\/mbaraga-ni-imana-yandokoye-ningabo-za-fpr-inkotanyi\/","title":{"rendered":"<strong>Mbaraga-&nbsp; Ni Imana yandokoye<\/strong><strong> n\u2019ingabo za FPR Inkotanyi<\/strong><strong><\/strong>"},"content":{"rendered":"\n<p>Muri iki gihe abanyarwanda bibuka imyaka 28 jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka 1994, Mbaraga Alexis wari umukinnyi w\u2019umupira w\u2019intoki yatanze ubuhamya uko yashoboye kurokoka, aduha amateka uko byari byifashe mbere, mu gihe ndetse na nyuma ya jenoside ya 1994.<\/p>\n\n\n\n<p>Alex Mbaraga &nbsp;ubu ni Perezida w\u2019Ishyirahamwe ry\u2019umukino wa Triathlon mu Rwanda, rigizwe n\u2019imikino 3 harimo&nbsp; gusiganwa ku maguru, kunyonga igare ndetse no koga.<\/p>\n\n\n\n<p>Yatangiriye umukino&nbsp; wa volleyball yinjiye mu ishuri ryisumbuye mu seminari ntoya Butare. Avuga ko yinjiye muri iki cyo kigo nta gitekerezo cy\u2019uwo mukino afite dore ko yakinaga umupira w\u2019amaguru nk\u2019umwana wese uvuye mu mashuri abanza. Icyo gihe ngo umukino wa Volley ball ntabwo wari ku rwego ruhanitse.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize amahirwe asanga&nbsp; harimo abanyeshuri bakuru &nbsp;bari mo Karabaranga Jean Pierre ubu ahagarariye u Rwanda muri Senegal, Fidele Sebarinda, Innocent wabaye&nbsp; umusifuzi mpuzamahanga n\u2019abandi.<\/p>\n\n\n\n<p>Ubuyobozi bw\u2019ikigo bwari bushyigikiye uyu mukino,&nbsp; hari umutoza Rutsindura Alphonse bityo batangira kujya bitabira amarushanwa.<br>Mbaraga&nbsp; agaragaza&nbsp; ko bakunze uyu mukino dore ko watumaga banasohoka bakaza i Kigali. &nbsp;Mbaraga &nbsp;yaje gusoza amashuri ahita ajya muri stage muri sosiyete ya Bralirwa i Kigali, ntibyatinze yagize amahirwe abona akazi aho.<\/p>\n\n\n\n<p>Avuga ko yakomeje gukina, ari mu ikipe ya Buhiri Volleyball Club, bajyanjye ku Mulindi w\u2019Intwari gukina umukino wo kwishyura n\u2019ikipe y\u2019ingabo za RPR Inkotanyi.<\/p>\n\n\n\n<p>Umukino ubanza bawukiniye kuri stade regional ya Kigali i Nyamirambo.<\/p>\n\n\n\n<p>Jenoside yatangiye nyuma y\u2019amezi atandatu Mbaraga atangiye akazi. Mu gihe cya genoside hari abakinnyi bagenzi be bamuhishe. By\u2019umwihariko&nbsp; kurokoka kwe ngo ni k\u2019ubw\u2019 Imana n\u2019ingabo za FPR Inkotanyi zabarokoye.<\/p>\n\n\n\n<p>Mbaraga yagize ati \u2018\u2019 Icyo gihe twakiniye kuri Regional ngirango Stade yaruzuye abantu barishima barabyina barahoberana, ya mirizo barayibura&nbsp; na ya matwi barayabura\u2019\u2019.<\/p>\n\n\n\n<p>Yakomeje avuga ko harimo abana benshi b\u2019 i Nyamirambo bakinaga Volley babona barumuna babo, biba ubusabane ndetse hifuzwaga ko mugitondo hongera kuba match kuko abantu babonye ambiance yari ihari bifuza ko&nbsp; ngo haba irindi rushwana.<\/p>\n\n\n\n<p>Byahuriranye n\u2019igihe cya findrising ku Mulindi wa Byumba bitegura kujyayo tariki ya 2\/4\/1994&nbsp; bagarutse tariki ya 4 z\u2019uko kwezi nyuma yaho gato tariki 06 jenoside iratangira.<\/p>\n\n\n\n<p>Nyuma ya jenoside yakorewe abatutsi Alexis Mbaraga, yakiniye APR Volleyball Club ari kumwe n\u2019abandi nka Jean Pierre Karabaranga ubu akaba ahagarariye u Rwanda muri Senegal.<\/p>\n\n\n\n<p>Bakinnye imikino ya gicuti ndetse na mpuzamahanga harimo uwahuje APR VBC n\u2019ikipe ya&nbsp; UNAMIR, bari Gukurikirana no gufasha gushyira mu bikorwa&nbsp; amasezerano ya Arusha. Umukino wabereye kuri stade Amahoro aho APR VBC yatsinze ikipe ya UNAMIR amaseti 3-0<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"768\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/Alexis-Mbaraga-1024x768.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2188\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/Alexis-Mbaraga-1024x768.jpg 1024w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/Alexis-Mbaraga-300x225.jpg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/Alexis-Mbaraga-768x576.jpg 768w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/Alexis-Mbaraga-1536x1152.jpg 1536w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/Alexis-Mbaraga-2048x1536.jpg 2048w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption>President wa Troathlon Mbaraga Alexis<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1024\" height=\"741\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/Alexi-Mbaraga-3-1024x741.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2189\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/Alexi-Mbaraga-3-1024x741.jpg 1024w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/Alexi-Mbaraga-3-300x217.jpg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/Alexi-Mbaraga-3-768x556.jpg 768w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/Alexi-Mbaraga-3-1536x1112.jpg 1536w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/04\/Alexi-Mbaraga-3-2048x1483.jpg 2048w\" sizes=\"auto, (max-width: 1024px) 100vw, 1024px\" \/><figcaption>Mbaraga Alexis iburyo ari kumwe  na Amb. w&#8217;Ubufaransa Antoine Anfr\u00e9 ibumoso<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p><strong>Christophe Karenzi<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Muri iki gihe abanyarwanda bibuka imyaka 28 jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka 1994, Mbaraga Alexis wari umukinnyi w\u2019umupira w\u2019intoki yatanze<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":2187,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-2186","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-imikino"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2186","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2186"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2186\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":2191,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2186\/revisions\/2191"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2187"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2186"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2186"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2186"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}