{"id":2081,"date":"2022-02-24T15:40:20","date_gmt":"2022-02-24T15:40:20","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=2081"},"modified":"2022-02-24T15:40:22","modified_gmt":"2022-02-24T15:40:22","slug":"miss-rwanda-ruzindana-kelia-uyoboye-abandi-mu-majwi-ahangayikishijwe-namakimbirane-yo-mu-miryango","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2022\/02\/24\/miss-rwanda-ruzindana-kelia-uyoboye-abandi-mu-majwi-ahangayikishijwe-namakimbirane-yo-mu-miryango\/","title":{"rendered":"Miss Rwanda: Ruzindana Kelia  uyoboye abandi mu majwi, ahangayikishijwe n\u2019amakimbirane yo mu miryango"},"content":{"rendered":"\n<p>Ruzindana Kelia kugeza ubu ni we uyoboye bagenzi be 69 mu majwi y\u2019abahatanira ikamba rya Miss Rwanda, uyu mukobwa uri mu nzira imwinjiza muri 20 bazajya mu mwiherero yavuze ko aramutse yegukanye ikamba yaharanira kurwanya agahinda gakabijke mu bana.<\/p>\n\n\n\n<p>Amakuru dukesha&nbsp; IGIHE, Ruzindana &nbsp;yakomoje ku mushinga we, ari na wo ukubiyemo ibyo yamarira Abanyarwanda mu gihe yaba yegukanye ikamba rya Miss Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p>Ruzindana avuga ko aramutse yegukanye ikamba yaharanira kurwanya agahinda gakabije mu bakiri bato by\u2019umwihariko iryo baterwa n\u2019amakimbirane bahura nayo mu miryango.<\/p>\n\n\n\n<p>Uyu mukobwa avuga ko yatangiza ubukangurambaga bwo guharanira ko amakimbirane mu miryango yacika ariko kandi akanigisha abana uburenganzira bwabo ku buryo mu gihe haba habayeho amakimbirane bakwiyambaza inzego zibishinzwe.<\/p>\n\n\n\n<p>Ruzindana ni umwe mu bakobwa babonye itike yo kwitabira irushanwa rya Miss Rwanda bahagarariye Umujyi wa Kigali.<\/p>\n\n\n\n<p>Uyu mukobwa ufite nimero 47 ayoboye abandi mu majwi aho amaze gutorwa n\u2019abarenga ibihumbi 53.<\/p>\n\n\n\n<p>Byitezwe ko aba bazamenyekana ku wa 26 Gashyantare 2022, kuri ubu bakaba bakomeje amatora yo gushakisha babiri bazinjira mu mwiherero ko bahize abandi mu majwi.<\/p>\n\n\n\n<p>Gutora kuri internet no kuri code byose bisaba nibura 100 Frw. Ku batora kuri internet bakoresha nimero ya telefoni cyangwa ikarita yo kwishyuriraho ya banki.<\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"819\" height=\"1024\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/02\/miss-819x1024.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2083\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/02\/miss-819x1024.jpg 819w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/02\/miss-240x300.jpg 240w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/02\/miss-768x960.jpg 768w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/02\/miss.jpg 1000w\" sizes=\"auto, (max-width: 819px) 100vw, 819px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>                                                                                                      Ruzindana Kelia<\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n\n\n\n<p>Ubwanditsi Brightafrica<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ruzindana Kelia kugeza ubu ni we uyoboye bagenzi be 69 mu majwi y\u2019abahatanira ikamba rya Miss Rwanda, uyu mukobwa uri<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":2082,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[10],"tags":[],"class_list":["post-2081","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-imyidagaduro"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2081","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2081"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2081\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":2084,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2081\/revisions\/2084"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2082"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2081"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2081"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2081"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}