{"id":2038,"date":"2022-02-13T18:56:58","date_gmt":"2022-02-13T18:56:58","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=2038"},"modified":"2022-02-13T18:57:00","modified_gmt":"2022-02-13T18:57:00","slug":"lt-gen-jacques-musemakweli-yunamiwe-ku-mukino-apr-fc-yatsinzemo-gicumbi-fc","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2022\/02\/13\/lt-gen-jacques-musemakweli-yunamiwe-ku-mukino-apr-fc-yatsinzemo-gicumbi-fc\/","title":{"rendered":"Lt. Gen. Jacques Musemakweli yunamiwe ku mukino APR FC yatsinzemo Gicumbi FC"},"content":{"rendered":"\n<p>APR FC yatsinze Gicumbi FC ibitego 2-0 mu mukino wabanjirijwe n\u2019umunota umwe wo kwibuka Lt. Gen. Jacques Musemakweli umaze umwaka yitabye Imana. Uyu yayoboye iyi Kipe y\u2019Ingabo igihe kirekire.<\/p>\n\n\n\n<p>Kuri iki Cyumweru, tariki ya 13 Gashyantare 2022, nibwo APR FC yakinnye na Gicumbi FC ku mukino w\u2019Umunsi wa 16 wa Shampiyona y\u2019Icyiciro cya Mbere mu Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p>Iyi Kipe ya Gisirikare ibifashijwemo na rutahizamu Byiringiro Lague yatsinze Gicumbi FC ibitego bibiri ku busa.<\/p>\n\n\n\n<p>Uyu mukino wabanjirijwe no gufata umunota umwe wo kwibuka Lt. Gen. Jacques Musemakweli.<\/p>\n\n\n\n<p>Mbere y\u2019uko ukinwa, Ishyirahamwe ry\u2019Umupira w\u2019Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko nyakwigendera aza guhabwa icyubahiro by\u2019umwihariko hazirikanwa umusanzu yatanze mu iterambere rya ruhago mu Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<p>FERWAFA ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, yatangaje ko yifatanyije n\u2019umuryango mugari wa APR FC mu kwibuka Lt. Gen. Jacques Musemakweli.<\/p>\n\n\n\n<p>Ubwo butumwa bukomeza buti \u201cUyu munsi mbere y\u2019umukino wa @PrimusLeague uhuza Gicumbi FC na APR FC harafatwa umunota wo kumwibuka. Umusanzu we mu iterambere rya ruhago mu Rwanda ntuzibagirana.\u2019\u2019<\/p>\n\n\n\n<p>Nyuma yo gutsinda umukino wayo, APR FC yagumye ku mwanya wa mbere aho ifite amanota 37, ikurikiwe na Kiyovu Sports ifite 32.<\/p>\n\n\n\n<p>Lt. Gen. Jacques Musemakweli yatabarutse ku wa 11 Gashyantare 2021; yari arwariye mu Bitaro bya Gisirikare i Kanombe. Ni umwe mu bitangiye igihugu aharanira ko gikomeza gutekana mu myaka 59 y\u2019ubuzima bwe bwose.<\/p>\n\n\n\n<p>Yakoze inshingano zitandukanye zirimo kuba yarabaye Umuyobozi w\u2019Umutwe ushinzwe kurinda Umukuru w\u2019Igihugu (Republican Guard); Umugaba Mukuru w\u2019Ingabo zirwanira ku Butaka, Umugaba Mukuru w\u2019Inkeragutabara ndetse yapfuye yari Umugenzuzi Mukuru wa RDF.<\/p>\n\n\n\n<p>Lt Gen Jacques Musemakweli yasize umuryango ugizwe n\u2019umugore n\u2019abana bane.<\/p>\n\n\n\n<p>Mu gihe cy\u2019urugamba rwo kubohora igihugu, Jacques Musemakweli wari Captain, yari umuganga ushinzwe kwita ku ngabo zakomeretse.<\/p>\n\n\n\n<p>Yari mu buyobozi bwa APR itangira, gusa ntibyari bizwi ko izakomera kuko byari uburyo Gen Paul Kagame wayoboraga ingabo icyo gihe, yari ashyizeho bwo kwidagadura mu gihe hari imishyikirano intambara ihagaze ho gato.<\/p>\n\n\n\n<p>Mu gushinga iyi kipe, hatoranyijwe abasirikare muri batayo zitandukanye hitegurwa umukino wahuje APR n\u2019urubyiruko rwahuzaga amashyaka atavuga rumwe na Habyarimana rwagiye gukina ku Murindi.<\/p>\n\n\n\n<p>Musemakweli na we yari mu bakurikiranaga ibikorwa by\u2019iyi kipe ariko umuyobozi mukuru yari Umukuru w\u2019Ingabo za FPR Inkotanyi. Musemakweli yarakinaga kandi ari n\u2019umuyobozi, ibyatumaga afatwa nk\u2019aho ayiyoboye kuko yabonekaga mu bakinnyi kandi ari no mu buyobozi.<\/p>\n\n\n\n<p>Abayireberaga kugeza igeze i Kigali mu 1994 ni Ceasar Kayizari, Musemakweli na Ngenzi Eustache witabye Imana mu 2008.<\/p>\n\n\n\n<p>Nyuma y\u2019umukino wahuje Inkotanyi n\u2019urubyiruko rw\u2019amashyaka ataravugaga rumwe na Leta, Gen Paul Kagame yategetse ko ikipe igumaho hagashyirwaho ubuyobozi bwayo buhamye abakinnyi bakagumana.<\/p>\n\n\n\n<p>Caesar Kayizari ni we wabaye Perezida, Musemakweli aba ushinzwe ubuzima bwa buri munsi bw\u2019ikipe (Team Manager).<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1000\" height=\"582\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/02\/apr-2.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2040\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/02\/apr-2.jpg 1000w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/02\/apr-2-300x175.jpg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/02\/apr-2-768x447.jpg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 1000px) 100vw, 1000px\" \/><figcaption>Stade ya Gicumbi <\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/02\/apr-3.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2041\" width=\"1032\" height=\"687\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/02\/apr-3.jpg 900w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/02\/apr-3-300x200.jpg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/02\/apr-3-768x511.jpg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 1032px) 100vw, 1032px\" \/><figcaption>Late Lt. Gen Musemakweli iburyo ari kumwe Lt. General Mubarak<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/02\/apr-5.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-2042\" width=\"1034\" height=\"759\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/02\/apr-5.jpg 1000w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/02\/apr-5-300x220.jpg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2022\/02\/apr-5-768x564.jpg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 1034px) 100vw, 1034px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Ubwanditsi Brightafrica<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>APR FC yatsinze Gicumbi FC ibitego 2-0 mu mukino wabanjirijwe n\u2019umunota umwe wo kwibuka Lt. Gen. Jacques Musemakweli umaze umwaka<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":2039,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-2038","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-imikino"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2038","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=2038"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2038\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":2043,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/2038\/revisions\/2043"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/2039"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=2038"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=2038"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=2038"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}