{"id":1874,"date":"2021-12-23T12:02:06","date_gmt":"2021-12-23T12:02:06","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=1874"},"modified":"2021-12-23T13:04:51","modified_gmt":"2021-12-23T13:04:51","slug":"1874","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2021\/12\/23\/1874\/","title":{"rendered":"Ubuhinzi bunogeye  bubungabunga Ibidukikije- Vuningoma"},"content":{"rendered":"\n<p><\/p>\n\n\n\n<p>Vuningoma Faustin ni Umuhuzabikorwa&nbsp; w\u2019Umuryango &nbsp;w\u2019Ihuriro &nbsp;ry\u2019Umuryango nyarwanda ushinze&nbsp; kurengera ibidukikije no guhangana n\u2019imihindagurikire y\u2019ikirere RCCDN (Rwanda Climate Change and Development Network),<\/p>\n\n\n\n<p>Kubijyanye&nbsp; n\u2019ubuhinzi bunogeye&nbsp; bubungabunga Ibidukikije,&nbsp; harimo kwica udukoko twangiza imyaka cyangwa&nbsp; se imyuka&nbsp; izamuka&nbsp; kubera ifumbire mvaruganda. Uyu muhuzabikorwa yavuze ko&nbsp; iyo utayikoresheje, uba&nbsp; ugabanyije bya byuka byagombaga kuzamuka, ikaba arimwe mu nzira zo kubigabanya<\/p>\n\n\n\n<p>Ibi yabitangarije i Kigali&nbsp; ku itariki 17 Ukuboza 2021 mu kiganiro n\u2019abanyamakuru &nbsp;mu&nbsp; gikorwa cyo guhemba abahinzi bagize uruhare mu kurengera ibidukikije ndetse no kwerekana ambasaderi (Brand) wa RCCDN muri gahunda zo kurengera ibidukikije.<\/p>\n\n\n\n<p>Bwana Vuningoma yatangarije brightafrica&nbsp; ko&nbsp; ari abafatanyabikorwa &nbsp;ba Minagri,&nbsp; Yagize ati&nbsp; \u2018\u2019Tuganira nabo, tukabereka ibyo dutekereza &nbsp;ndetse tukabereka&nbsp;&nbsp; igikwiye kuba cyahinduka muri politike kuko&nbsp; turi Umuryango ukora ubuvugizi, ibyo turimo gukora bikaba &nbsp;bifitiye akamaro igihugu n\u2019abanyarwanda muri rusange\u2019\u2019.<\/p>\n\n\n\n<p>Kubijyanye&nbsp; n\u2019ubuhinzi bunogeye&nbsp; bubungabunga Ibidukikije,&nbsp; harimo kwica udukoko twangiza imyaka cyangwa&nbsp; se imyuka&nbsp; izamuka&nbsp; kubera ifumbire mvaruganda. Uyu muhuzabikorwa yavuze ko&nbsp; iyo utayikoresheje, uba&nbsp; ugabanyije bya byuka byagombaga kuzamuka, ikaba arimwe mu nzira zo kubigabanya .&nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p>Muri uwo muhango hari abanyamuryango bahawe ibihembo. &nbsp;Muri abo hari Matabaro David umuhinzi wo mu&nbsp; Karere ka Ruhango, mu murenge wa Ruhango&nbsp; mu ntara y\u2019Amajyepfo,&nbsp; wagaragaye muri video ikubiyemo ubuhinzi ndumburabutaka.<\/p>\n\n\n\n<p>Mu rwego rwo kubungabunga&nbsp; Ibidukikije, Matabaro &nbsp;wahembwe &nbsp;400,000 Frs, yatangarije Brightafrica ubunararibonye bwe.<\/p>\n\n\n\n<p>Yavuze ko &nbsp;akoresha inkwi nke&nbsp; za rondereza&nbsp; akaba yaratangiye n&#8217;umushinga wo gutunganya Imboga neza akazikoramo ifu, iyo nzira&nbsp; kandi ngo arimo kuyitoza urubyiruko kugirango barebe aho ibintu biva n\u2019aho bijya.<\/p>\n\n\n\n<p>Bwana Vuningoma,&nbsp;&nbsp; yavuze ko kugira ngo ubutumwa bwo kubungabunga ibidukije burusheho kumvikana, bahisemo Uwineza Nicole uzwi ku ku izina rya Mama Beni&nbsp; muri filimi&nbsp; ya City Maid &nbsp;mu rwego rwo kubabera Ambasaderi (Brand manager).<\/p>\n\n\n\n<p>Nicole&nbsp; akaba &nbsp;yarashyikirijwe&nbsp; Sheki y\u2019Amafaranga miliyoni 30 z\u2019u Rwanda. &nbsp;Azamara &nbsp;igihe cy\u2019umwaka &nbsp;atanga ubutumwa&nbsp; bwo kurengera ibidukikije kandi akazagira n\u2019uruhare mu gutuma ubwo butumwa bugera ku bantu benshi.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/12\/Ambassador-1.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-1886\" width=\"1033\" height=\"578\"\/><figcaption>Nicole ashyikirizwa sheki<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p>M ijambo Nicole yagejeje kubari aho, yavuze bimwe mubyo azakora harimo ukwereka abanyarwanda ibikorwa by\u2019Umuryango &nbsp;RCCDN ndetse n\u2019 ibyo Umunyarwanda ashoboye mu kurengera ibidukikije. Yavuze ko mu mwaka wa 2022, binyuze&nbsp; mu ikinamico (Theatre) azakundisha&nbsp; abanyarwanda ibidukikije.<\/p>\n\n\n\n<p>RCCDN ikaba ikorana&nbsp; n\u2019imiryango 66 muri&nbsp; gahunda yo kurengera ibidukikije.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/12\/VUNINGOMA-OK.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-1887\" width=\"1034\" height=\"1034\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/12\/VUNINGOMA-OK.jpg 400w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/12\/VUNINGOMA-OK-300x300.jpg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/12\/VUNINGOMA-OK-150x150.jpg 150w\" sizes=\"auto, (max-width: 1034px) 100vw, 1034px\" \/><figcaption>Vuningoma Faustin<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<h1 class=\"has-text-align-left wp-block-heading\">&nbsp;Karenzi Christopher<\/h1>\n\n\n\n<h2 class=\"wp-block-heading\"><\/h2>\n\n\n\n<p><strong>i<\/strong><\/p>\n\n\n\n<h1 class=\"wp-block-heading\">&nbsp;<\/h1>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Vuningoma Faustin ni Umuhuzabikorwa&nbsp; w\u2019Umuryango &nbsp;w\u2019Ihuriro &nbsp;ry\u2019Umuryango nyarwanda ushinze&nbsp; kurengera ibidukikije no guhangana n\u2019imihindagurikire y\u2019ikirere RCCDN (Rwanda Climate Change and<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":1888,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[12],"tags":[],"class_list":["post-1874","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-imibereho-myiza"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1874","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1874"}],"version-history":[{"count":9,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1874\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":1893,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1874\/revisions\/1893"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1888"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1874"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1874"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1874"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}