{"id":1826,"date":"2021-12-01T16:41:07","date_gmt":"2021-12-01T16:41:07","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=1826"},"modified":"2021-12-01T16:41:09","modified_gmt":"2021-12-01T16:41:09","slug":"inkura-zera-30-whites-rhinos-u-rwanda-rwakiriye-zahise-zijyanwa-muri-pariki-yigihugu-yakagera","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2021\/12\/01\/inkura-zera-30-whites-rhinos-u-rwanda-rwakiriye-zahise-zijyanwa-muri-pariki-yigihugu-yakagera\/","title":{"rendered":"Inkura zera 30 (whites rhinos) u Rwanda rwakiriye, zahise zijyanwa muri Pariki y\u2019Igihugu y\u2019Akagera."},"content":{"rendered":"\n<p>Ni impano yatanzwe n\u2019Ikigo Beyond Phinda Private Game Reserve cyo muri Afurika y\u2019Epfo mu gihe kugira ngo zigere mu Rwanda byatwaye ibihumbi 320$.<\/p>\n\n\n\n<p>Izi nkura zagejejwe mu Rwanda zirimo 19 z\u2019ingore na 11 z\u2019ingabo, zikaba zarageze i Kigali nyuma yo gukora urugendo rw\u2019amasaha 40.<\/p>\n\n\n\n<p>Umuyobozi Mukuru w\u2019Ishami ry\u2019Ubukerarugendo no kubungabunga za Pariki muri RDB, Ariella Kageruka, yashimiye abagize uruhare mu kugezwa mu Rwanda kw\u2019izi nkura, avuga ko bizongera agaciro ku bukerarugendo.<\/p>\n\n\n\n<p>Ati \u201cUyu munsi, ntabwo twishimira gusa ko izi nyamaswa zibonye ahantu hatekanye ho kuba, ahubwo birongera agaciro ku bukerarugendo rwacu, kubungabunga inyamaswa muri iyi Pariki no ku gihugu cyacu kandi bikaba bigirira akamaro abantu nk\u2019uko byagenze mu myaka ishize.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Ni ubwa mbere mu Rwanda hagiye kuba inkura zera (whites rhinos) kuko ubusanzwe ziba muri Kenya, Uganda na Zambia.<\/p>\n\n\n\n<p>Ubwo inkura zabaga mu Rwanda zose zari zishize mu 2007 ubwo hapfaga iya nyuma, nyuma y\u2019imyaka 10, mu 2017, ni bwo u Rwanda rwagaruye inkura zirabura muri Pariki y\u2019Igihugu y\u2019Akagera, haza 18 (ingabo umunani n\u2019ingore 10) ziturutse muri Afurika y\u2019Epfo ku bufatanye bwa RDB ndetse n\u2019 umuryango wa Howard G Buffett.<\/p>\n\n\n\n<p>Ubukerarugendo bugira uruhare runini mu guteza imbere abaturage binyuze mu mishinga inyuranye harimo nka gahunda yo gusangiza abaturiye za pariki ibyavuyemo, byatangiye mu 2005.<\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"1000\" height=\"667\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/12\/inkura.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-1827\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/12\/inkura.jpg 1000w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/12\/inkura-300x200.jpg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/12\/inkura-768x512.jpg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 1000px) 100vw, 1000px\" \/><figcaption>Pariki y&#8217;Akagera hari inkura 56 nyuma yo kwakira 30 zageze mu Rwanda ku Cyumweru<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p>Ubwanditsi Brightafrica<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ni impano yatanzwe n\u2019Ikigo Beyond Phinda Private Game Reserve cyo muri Afurika y\u2019Epfo mu gihe kugira ngo zigere mu Rwanda<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":1828,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[11],"tags":[],"class_list":["post-1826","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ibidukikije"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1826","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1826"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1826\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":1829,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1826\/revisions\/1829"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1828"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1826"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1826"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1826"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}