{"id":1619,"date":"2021-10-13T17:27:34","date_gmt":"2021-10-13T17:27:34","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=1619"},"modified":"2021-10-13T17:52:00","modified_gmt":"2021-10-13T17:52:00","slug":"rwanda-umugore-yamaze-gutinyuka-imirimo-yafatwaga-nkiya-bagabo","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2021\/10\/13\/rwanda-umugore-yamaze-gutinyuka-imirimo-yafatwaga-nkiya-bagabo\/","title":{"rendered":"Rwanda : Umugore yamaze gutinyuka imirimo yafatwaga nk\u2019iya bagabo"},"content":{"rendered":"\n<p><\/p>\n\n\n\n<p>&nbsp;Gukangurira igitsina gore kwitabira imirimo y\u2019iterambere isanzwe imenyerewe ko ikorwa n\u2019abagabo ni uruhare rwa buri wese, kuko ari bwo buryo bwonyine kwakoroshya itumbagira ry\u2019ubukungu kandi ridaheza igitsina icyo aricyo cyose.<\/p>\n\n\n\n<p>Ubwo hasozwaga Iserukiramuco rya sinema ku itariki 11.10.2021, byahuriranye n\u2019umunsi mpuzamahanga&nbsp; wahariwe umwana w\u2019umukobwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Mu kiganiro n\u2019abanyamakuru Madamu Kaneza Floriane, Umuyobozi wa &nbsp;Cin\u00e9femmes Rwanda,&nbsp; yavuze ko iyi ari inshuro ya 3 hakorwa iserukiramuco amatariki adahinduka.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati: \u2018\u2019Iyi ni imwe mu ntego ziha ikerekezo cyiza k\u2019Umuryango wacu n\u2019Iserukiramuco muri gahunda ikomeye yuko ishobora kuba gahunda &nbsp;y\u2019abantu batandukanye ku isi,&nbsp; bashobora&nbsp; kwifuza&nbsp;&nbsp; kuzitabira ibikorwa&nbsp;&nbsp; by\u2019abanyarwanda bikorerwa mu Rwanda guhera &nbsp;ku itariki &nbsp;4-11 ya buri mwaka \u2018\u2019.<\/p>\n\n\n\n<p>Kaneza yavuze &nbsp;ko iserukiramuco ku nshuro ya 6 yabaye umwanya mwiza ku bagore b\u2019abashoramari muri sinema. Yashimangiye &nbsp;ko bagize umwanya wo kuganira no kunguran\u2019ibitekerezo&nbsp; ku bafite aho bahuriye na sinema ku iterambere ryayo.<\/p>\n\n\n\n<p>Umuyobozi ushinzwe iterambere ry\u2019ubuhanzi mu Nteko y\u2019Umuco Niyomugaba Jonathan wari watumiwe mu isozwa ry\u2019Iserukiramuco ku nshuro ya 6 mu Rwanda, yatangarije abanyamakuru ko Inteko y\u2019Umuco igitangira gukorana na Cin\u00e9femmes, abagore bakinaga filimi ariko badakoresha camera.<\/p>\n\n\n\n<p>Ashimira intambwe imaze guterwa n\u2019abagore mu byiciro byose &nbsp;kuko bafite ubushobozi bwo gutunganya amashusho ndetse bakanayobora abakina filime.<\/p>\n\n\n\n<p>Niyomugabo yagaragaje ko Inteko y\u2019Umuco &nbsp;yatangije gahunda&nbsp; yitwa Ubuhanzi bubyara imirimo, &nbsp;hakaba hari icyizere ko izo gahunda zizatanga imirimo mishya.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati: Leta y\u2019u Rwanda ifata &nbsp;ubuhanzi &nbsp;nk\u2019uruganda, uruganda rugomba kubyara amafaranga, ntirwakora rutabyara amafaranga, twiteze ko zibyara amafaranga zitanga akazi kandi zitunga abazikoramo\u2019\u2019.<\/p>\n\n\n\n<p>Niyomugabo akaba yizera ko umwaka utaha, Iserukiramuco rizarushaho kuba ryiza.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagararutse ku bikorwa bya sinema &nbsp;ko &nbsp;ataribyo byibandwaho gusa ko hari n\u2019ubuhanzi muri rusange Igihugu kibwitezeho kuba inkingi ikomeye mu iterambere &nbsp;rirambye ry\u2019Igihugu.<\/p>\n\n\n\n<p>Yijeje ko Inteko y\u2019Umuco izakomeza hafi y\u2019Urusaro International Women Festival \u00a0Cin\u00e9femmes Rwanda.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-full\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"800\" height=\"462\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/10\/URUSARO.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-1621\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/10\/URUSARO.jpg 800w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/10\/URUSARO-300x173.jpg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/10\/URUSARO-768x444.jpg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 800px) 100vw, 800px\" \/><figcaption>Abayobozi bari mu muhango wo gusoza Iserukiramuco rya 6<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p><strong>Yanditswe na Karenzi  Christophe<\/strong><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>&nbsp;Gukangurira igitsina gore kwitabira imirimo y\u2019iterambere isanzwe imenyerewe ko ikorwa n\u2019abagabo ni uruhare rwa buri wese, kuko ari bwo buryo<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":1620,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[10],"tags":[],"class_list":["post-1619","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-imyidagaduro"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1619","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1619"}],"version-history":[{"count":3,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1619\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":1631,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1619\/revisions\/1631"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1620"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1619"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1619"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1619"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}