{"id":1433,"date":"2021-05-19T11:51:56","date_gmt":"2021-05-19T11:51:56","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=1433"},"modified":"2021-05-19T12:28:05","modified_gmt":"2021-05-19T12:28:05","slug":"bal-iri-kubera-mu-rwanda-ifitiye-akamaro-abayitabira","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2021\/05\/19\/bal-iri-kubera-mu-rwanda-ifitiye-akamaro-abayitabira\/","title":{"rendered":"BAL iri kubera mu Rwanda ifitiye akamaro abayitabira"},"content":{"rendered":"\n<p>Yanditswe na Karenzi Christophe<\/p>\n\n\n\n<p>Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) ryatangiye muri \u00a0Kigali Arena \u00a0guhera ku itariki ya 16-05.2021 rigeze ku munsi wayo wa 4.<\/p>\n\n\n\n<p>Ikipe ya Patriots ihagarariye u Rwanda yatangiye neza &nbsp;irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) i Kigali, itsinda Rivers Hoopers amaonota 80-63 mu mukino&nbsp; ufungura &nbsp;iryo rushanwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Ahimana Stratton ni Perezida&nbsp; w&#8217;ishyirahame ry&#8217;abasifuzi &nbsp;b&#8217;umukino wa Basket mu Rwanda akaba n\u2019umunyamuryango wa komisiyo tekinike muri FERWABA.<\/p>\n\n\n\n<p>Bwana Ahimana mu kiganiro kigufi na brightafrica.rw, yavuze ku mahirwe abona ku ikipe ihagarariye u Rwanda Patriots BBC ndetse n\u2019andi makipe yitabiriye muri &nbsp;irushanwa rya BAL, yavuze ko ifite &nbsp;50 \/100 kimwe n&#8217;ayandi makipe yabonye muri BAL .<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/05\/Stratton-1-899x1024.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-1440\" width=\"822\" height=\"936\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/05\/Stratton-1-899x1024.jpg 899w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/05\/Stratton-1-263x300.jpg 263w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/05\/Stratton-1-768x875.jpg 768w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/05\/Stratton-1.jpg 948w\" sizes=\"auto, (max-width: 822px) 100vw, 822px\" \/><figcaption>Ahimana Stratton  Perezida&nbsp; w&#8217;ishyirahame ry&#8217;abasifuzi &nbsp;ba Basket ballmu Rwanda<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p>Inyungu 3 abona u Rwanda rufitemo muri BAL &nbsp;yagize ati: \u201d Abanyamahanga badusigira amafaranga,&nbsp; abakinnyi barahembwa neza, icya gatatu ni&nbsp; Devise zinjira mu gihugu\u2019\u2019.<\/p>\n\n\n\n<p>Kubijyanye n&#8217;iri rushanwa rya BAL ni uko ibikoresho biri ku bibuga haba muri Convention Centre, birashoboka ko&nbsp; babisigira Igihugu kuburyo yaba ari inyungu ku bakinnyi, abatoza  n&#8217;igihugu muri rusange.<\/p>\n\n\n\n<p>ku bakinnyi ba Patriots&nbsp; bizabasigira ubumenyi&nbsp; ni imyiteguro myiza ku itarikiya 04 mu kwezi gutaha, bazahita batangira&nbsp; shampiyona yigihugu dore ko &nbsp;hazaba bafite ishyaka &nbsp;mugihe abatarakinnye &nbsp;BAL&nbsp; hazaba ari uguharanira kudatsindwa na Patriots.<\/p>\n\n\n\n<p>Ahimana Straton akaba asanga amakipe azahura na Patriots azaba aharanira gutsinda Patriots ivuye muri BAL, ati ibyo bizatuma habamo ishyaka cyane cyane ku makipe azaba&nbsp; yahuye n&#8217;iyi kipe.<\/p>\n\n\n\n<p>Abakinnyi bazitwara neza barimo nka Nshobozwabyosenumukiza Jean Jacques Wilson, Kaje, Sagamba C\u00e9dar n&#8217;abandi bazitwara neza, bashobora kubengukwa n&#8217;amakipe &nbsp;muri Amerika, ku mugabane w\u2019Uburayi n\u2019ahandi..<\/p>\n\n\n\n<p>Byumwihariko abakinnyi bo mu mu Rwanda n\u2019abo mu bindi bihugu bakaba bazagira ishyaka ko umwaka utaha BAL aho izabera hose urwego rw&#8217;abakinnyi ruzaba rwarazamutse.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/05\/coach-Owour-2-1024x735.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-1436\" width=\"827\" height=\"593\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/05\/coach-Owour-2-1024x735.jpg 1024w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/05\/coach-Owour-2-300x215.jpg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/05\/coach-Owour-2-768x551.jpg 768w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/05\/coach-Owour-2.jpg 1047w\" sizes=\"auto, (max-width: 827px) 100vw, 827px\" \/><figcaption>Umutoza Cliff  hagati  atoza   APR BBC  yarikaze mu bihe byo hambere<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p>Umutoza w\u2019ikipe y\u2019ingabo z\u2019igihugu APR BBC umukenya Cliff Owuor, yavuze ko iri rushanwa &nbsp;rya BAL rizagira akamaro ku bakinnyi &nbsp;ndetse n\u2019abatoza kandi ko bazunguka byinshi.<\/p>\n\n\n\n<p>Ashimira leta y\u2019u Rwanda yakoze akazi gakomeye kuba ifite ibikorwa remezo, atanga urugero rwa Kigali Arena, ngo si ubwambere u Rwanda ruteguye irushanwa rikomeye&nbsp; mu rwego rw\u2019 amajonjoro y\u2019imikino ya FIBA kandi byagenze neza.&nbsp; Yizeye ko Patriots ishobora gukomeza &nbsp;kwigaragaza ku rwego&nbsp; rwo hejuru.<\/p>\n\n\n\n<p>Umutoza wa REG BBC Henry Mwinuka,  akaba n&#8217;umutoza wungirije  w&#8217;ikipe  y&#8217;igihugu, ku bijyanye n\u2019iyi mikino ya BAL ikomeje kubera mu rwa Gasabo, yavuze ko uretse abakinnyi n\u2019abayobozi, abaterankunga&nbsp; ba basketball, iyo bageze muri iki cyiciro cya nyuma cya BAL ngo&nbsp; barahembwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati: \u2018\u2019Aka ni akazi kuberako bashoye amafaranga &nbsp;yabo muri Afrika bakaba bazi ko azagaruka\u2019\u2019.<\/p>\n\n\n\n<p>Yatanze urugero rwa Patriots BBC, agaragaza ko abanyamuryango bishyize hamwe bashinga ikipe&nbsp; hanyuma bashoramo amafaranga ariko ubu&nbsp; baratuje ntayo barimo gutanga. Urwo ni urugero, iyo washoye mu mikino ni akazi ni ubunyamwuga.<\/p>\n\n\n\n<p>Yashoje avuga ati: \u2018\u2019Twese tuzakina ariko bake muri twe bashobora kugira icyo bageraho hagati aho niba ntacyo urageraho hari umusanzu ukomeye wakoze mu mikino\u2019\u2019 .<\/p>\n\n\n\n<p>Umutoza Mwinuka, ni umutanzania watoje ikipe ya Patriots BBC akaba yarayihesheje igikombe cya shampiyona hanyuma ayigeza no &nbsp;mu majonjora ya mbere ya BAL.Nyuma yaje kwerekeza mu ikipe ya REG BBC, ikaba yaramwongereye umushahara atarayabonaga kuri mukeba we Patriots BBC. <\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/05\/Coach-Mwinuka-2.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-1437\" width=\"828\" height=\"619\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/05\/Coach-Mwinuka-2.jpg 800w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/05\/Coach-Mwinuka-2-300x225.jpg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/05\/Coach-Mwinuka-2-768x575.jpg 768w\" sizes=\"auto, (max-width: 828px) 100vw, 828px\" \/><figcaption>Umutoza  Henry Mwinuka wa REG n&#8217;umwungiriza w&#8217;Ikipe y&#8217;igihugu<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p>Iri rushanwa ririmo kubera mu Rwanda&nbsp; ku bufatanye&nbsp; bwa BAL, NBA na FIBA Afrique.<\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Yanditswe na Karenzi Christophe Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) ryatangiye muri \u00a0Kigali Arena \u00a0guhera ku itariki ya 16-05.2021 rigeze<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":1439,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-1433","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-imikino"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1433","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1433"}],"version-history":[{"count":4,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1433\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":1449,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1433\/revisions\/1449"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1439"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1433"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1433"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1433"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}