{"id":142,"date":"2020-10-02T15:15:05","date_gmt":"2020-10-02T15:15:05","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=142"},"modified":"2020-10-02T15:15:10","modified_gmt":"2020-10-02T15:15:10","slug":"covid-19-uko-ubukungu-buhagaze-mu-buhanzi-muri-afurika","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2020\/10\/02\/covid-19-uko-ubukungu-buhagaze-mu-buhanzi-muri-afurika\/","title":{"rendered":"Covid-19: Uko ubukungu buhagaze mu buhanzi muri Afurika"},"content":{"rendered":"\n<p>Covid-19 yazanye ingaruka nyinshi mu buryo butandukanye.&nbsp; Ni muri urwo rwego ubuhanzi muri rusange bwibasiwe cyane muri Afurika.<\/p>\n\n\n\n<p>Iki cyorezo gihangayikishije isi muri rusange, cyabasigiye isomo rikomeye nk\u2019abahanzi,bityo hakaba hakenewe imbaraga zitandukanye mu buryo bwo kugira ngo abahanzi bamenye uburyo bakoresha ubumenyi n\u2019ubuhanga bafite &nbsp;budakomeje guhungabanywa n\u2019 icyorezo.<\/p>\n\n\n\n<p>Leta zitandukanye nyafurika zimaze kubona uruhare rw\u2019abahanzi mu iterambere&nbsp; ni muri urwo rwego na leta y\u2019 u Rwanda yavuze ko ibikorwa by\u2019abahanzi byahagaze ariko hamwe n\u2019abafatanyabikorwa bayo barebye uko babafasha mu guhangana n\u2019ingaruka zabagezeho.<\/p>\n\n\n\n<p>Ibikorwa bitandukanye byarahagaze byose mu cyiciro cy\u2019abahanzi cyane kuko kiri mu byagizweho ingaruka na COVID-19 kuko abenshi bakura ibibatunga mu bitaramo, amamurika atandukanye kandi byose byarahagaritswe.<\/p>\n\n\n\n<p>Uburyo bwagoboka abahanzi muri iki gihe ni ugukora ubucuruzi bw\u2019ifashisha ikoranabuhanga, kuri ubu rikaba rifite amahirwe mu kuzahura ubukungu bw\u2019inzego zose.<\/p>\n\n\n\n<p>Karenzi Queen Rosine<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Covid-19 yazanye ingaruka nyinshi mu buryo butandukanye.&nbsp; Ni muri urwo rwego ubuhanzi muri rusange bwibasiwe cyane muri Afurika. Iki cyorezo<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":143,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[7],"tags":[],"class_list":["post-142","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubukungu"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/142","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=142"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/142\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":144,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/142\/revisions\/144"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/143"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=142"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=142"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=142"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}