{"id":1382,"date":"2021-05-11T16:06:07","date_gmt":"2021-05-11T16:06:07","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=1382"},"modified":"2021-05-11T16:06:09","modified_gmt":"2021-05-11T16:06:09","slug":"ibitaro-bya-ruhengeri-byasobanuye-icyateye-imfu-zimpinja-19-mu-kwezi-kumwe","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2021\/05\/11\/ibitaro-bya-ruhengeri-byasobanuye-icyateye-imfu-zimpinja-19-mu-kwezi-kumwe\/","title":{"rendered":"Ibitaro bya Ruhengeri byasobanuye icyateye imfu z\u2019impinja 19 mu kwezi kumwe"},"content":{"rendered":"\n<p>Ibitaro bya Ruhengeri byatangaje ko hatangiye iperereza kugira ngo hamenyekane inkomoko y\u2019icyateye impfu z\u2019abana 19 mu kwezi kumwe mu ishami ryita ku bana bavuka batagejeje igihe.<strong><\/strong><\/p>\n\n\n\n<p>Bivuga ko buri wese byagaragara ko yaba yarabigizemo uruhare azabiryozwa.<\/p>\n\n\n\n<p>Abana 19 nibo bitabye Imana mu byumweru bine bya Werurwe uyu mwaka.<\/p>\n\n\n\n<p><ins>Ibi bitaro byatangaje ko nyuma yo kubona icyo kibazo, hakozwe ibizamini bya laboratwari byimbitse kugira ngo hagaragare impamvu yateraga izo mfu, kuko hakekwaga kuba aho abana bavuka batagejeje igihe bakurikiranirwa, haribasiwe n\u2019uburwayi buterwa na mikorobe zidakorwaho n\u2019imiti isanzwe ikoreshwa mu kurwanya andi moko ya mikorobe.<\/ins><\/p>\n\n\n\n<p><ins>Ubuyobozi bw\u2019ibitaro bwavuze ko ibyo bizamini byaje kugaragaza ko koko aho hantu hari hibasiwe n\u2019amoko abiri ya mikorobe zidakangwa n\u2019imiti isanzwe, ahubwvo bisaba ko hakoreshwa umuti wihariye witwa Vancomycin.<\/ins><\/p>\n\n\n\n<p><strong><ins>Bivuga ko nyuma yo kubona umuzi w\u2019ikibazo, hakozwe ibikorwa bitandukanye byo kugikemura, birimo kuvura abana bari batangiye kugaragaza uburwayi hakoreshejwe uwo muti wa Vancomycin, kwimura abana bitabwagaho n\u2019abaganga bari aho hagaragaye ikibazo, no gukora ibikorwa by\u2019isukura bidasanzwe hakoreshejwe umuti uhangana n\u2019ayo moko ya mikorobe<\/ins><\/strong><ins>.<\/ins><\/p>\n\n\n\n<p><ins>Bwavuze ko uyu munsi ikibazo cyakemutse ndetse n\u2019icyumba icyo kibazo cyari cyagaragayemo ubu cyatangiye kongera gukoreshwa.<\/ins><\/p>\n\n\n\n<p><ins>Ubuyobozi bw\u2019ibitaro bya Ruhengeri bwavuze ko bwihanganishije imiryango y\u2019abitabye Imana, kandi butangaza ko hatangiye igikorwa cy\u2019iperereza kugira ngo hamenyekane niba iki kibazo cyaba cyaraturutse ku burangare bukabije bw\u2019abakora mu ishami ryita ku bana bavuka batagejeje igihe, bityo buri wese byagaragara ko yabigizemo uruhare abe yabiryozwa.<\/ins><\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large is-resized\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/05\/ruhengali-2.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-1385\" width=\"1014\" height=\"1268\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/05\/ruhengali-2.jpg 512w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/05\/ruhengali-2-240x300.jpg 240w\" sizes=\"auto, (max-width: 1014px) 100vw, 1014px\" \/><\/figure>\n\n\n\n<p>Inkuru dukesha Umuryango<\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n\n\n\n<p><\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ibitaro bya Ruhengeri byatangaje ko hatangiye iperereza kugira ngo hamenyekane inkomoko y\u2019icyateye impfu z\u2019abana 19 mu kwezi kumwe mu ishami<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":1383,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[6],"tags":[],"class_list":["post-1382","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-ubuzima"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1382","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1382"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1382\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":1386,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1382\/revisions\/1386"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1383"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1382"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1382"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1382"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}