{"id":1273,"date":"2021-04-13T12:13:01","date_gmt":"2021-04-13T12:13:01","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=1273"},"modified":"2021-04-13T12:13:02","modified_gmt":"2021-04-13T12:13:02","slug":"the-rock-arifuza-kuyobora-amerika","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2021\/04\/13\/the-rock-arifuza-kuyobora-amerika\/","title":{"rendered":"The Rock arifuza kuyobora Amerika"},"content":{"rendered":"\n<p>Umukinnyi wa filime wamamaye no mu mikino njyarugamba Dwayne Douglas Johnson wamamaye nka The Rock yatangaje ko aziyamamariza kuyobora Amerika mu gihe abaturage b\u2019icyo gihugu bazamugaragariza ko bazamushyigikira.<\/p>\n\n\n\n<p>Uyu mugabo w\u2019imyaka 48 uri mu byamamare bifite agatubutse muri Amerika mu kiganiro yagiranye na NBC niho yavugiye ko yiteguye kuyobora Amerika nta kabuza.<\/p>\n\n\n\n<p>Ati \u201cMfite iyo ntego yo kunga ubumwe bw\u2019igihugu cyacu ndetse niyumvamo ko mu gihe azaba aricyo abantu bashaka nzabikora.\u201d<\/p>\n\n\n\n<p>Ntabwo uyu mugabo yavuze ishyaka azaba arimo cyangwa se igihe aziyamamariza kuyobora Amerika.<\/p>\n\n\n\n<p>The Rock yatangaje ibi nyuma y\u2019amatora yabereye kuri murandasi akagaragaza ko 46&nbsp;% by\u2019abanyamerika bazahitamo kumutora mu gihe yaba yiyamamarije kuyobora Amerika.<\/p>\n\n\n\n<p>The Rock yiyamamarije kuyobora Amerika agatsinda amatora yaba ateye ikirenge mu cya Ronald Reagan wabaye Perezida wa 40 w\u2019iki gihugu, kandi mbere yaho yari umukinnyi ukomeye wa filime i Hollywood. <\/p>\n\n\n\n<p>Source: Igihe <\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Umukinnyi wa filime wamamaye no mu mikino njyarugamba Dwayne Douglas Johnson wamamaye nka The Rock yatangaje ko aziyamamariza kuyobora Amerika<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":1274,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[10],"tags":[],"class_list":["post-1273","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-imyidagaduro"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1273","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1273"}],"version-history":[{"count":1,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1273\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":1275,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1273\/revisions\/1275"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1274"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1273"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1273"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1273"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}