{"id":1102,"date":"2021-02-26T11:27:41","date_gmt":"2021-02-26T11:27:41","guid":{"rendered":"https:\/\/brightafrica.rw\/?p=1102"},"modified":"2021-02-26T11:28:53","modified_gmt":"2021-02-26T11:28:53","slug":"rayon-sports-yatangije-igikorwa-cyo-kubarura-abakunzi-ba-rayon","status":"publish","type":"post","link":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/2021\/02\/26\/rayon-sports-yatangije-igikorwa-cyo-kubarura-abakunzi-ba-rayon\/","title":{"rendered":"Rayon sports yatangije igikorwa cyo kubarura abakunzi ba Rayon"},"content":{"rendered":"\n<p>Ikipe ya &nbsp;Rayon Sports yagiranye ikiganiro n\u2019abanyamakuru imurika gahunda yo kwandika abafana bayo hirya no hino mu gihugu ariko yanasubije ibibazo bitandukanye benshi bibazaga. Uyu muhango ukaba wabaye kuri uyu wa gatanu i Kigali.<\/p>\n\n\n\n<p>Perezida wa Rayon Sport Uwayezu Fidele yagaragaje ibibazo biri mu ikipe kimwe n\u2019ayandi makipe mu gihugu bitewe n\u2019icyorezo cya Covid-19, yatumye akazi gahagarara kuri bamwe. Ibi bikaba byarahungabanyije na fan Clubs&nbsp; zigizwe n\u2019abakozi, abikorera n\u2019abandi.<\/p>\n\n\n\n<p>Mu minsi ishize byavuzwe ko amatsinda y\u2019abakunzi ba Rayon Sports bakusanyije ibihumbi 800 FRW nyamara bari basanzwe bakusanya &nbsp;amafaranga asaga miliyoni &nbsp;5 FRW<\/p>\n\n\n\n<p>Ku bijyanye n\u2019ikibazo cy\u2019umwenda w\u2019amafaranga asigaye y\u2019umutoza &nbsp;Ivan Minnaert, yijeje abarimu mu nama ko yaba uyu munsi cyangwa kuwa mbere w\u2019icyumweru gitaha, amafaranga ye azagezwa kuri compte ye.<\/p>\n\n\n\n<p>Ku bijyanye n\u2019umwenda Rayon sports ifitiye Umutoza Thierry Hitimana, ubuyobozi bwijeje ko &nbsp;bamaze kumvikana uko&nbsp; azajya yishyurwa buri kwezi. &nbsp;<\/p>\n\n\n\n<p>Visi Perezida wa mbere wa Rayon Sports,Kayisire yavuze ko iki gikorwa cyo kwandika abafana kizafasha ikipe mu gukemura ibibazo ifite.<\/p>\n\n\n\n<p>Yagize ati: <em>\u201c<\/em>Iyo ubaze Fan clubs zifite umubare munini bageze ku bihubi bibiri baguha ibitekerezo byabo, inyungu kandi ni nini\u2019\u2019.<\/p>\n\n\n\n<p>Yakomeje agaragaza icyo babona nk\u2019igisubizo, agira ati:&nbsp;<em>\u201cIbintu byose bishingira ku igenamigambi,kugira ngo ibintu bikunde nuko uba ufite gahunda y\u2019ibikorwa. Iki turakibona nk\u2019igisubizo<\/em>\u2019\u2019<em>.<\/em><\/p>\n\n\n\n<p>Rayon Sports yashyizeho ubu buryo bushobora kuyigirira akamaro,kuko kwiyandikisha bikorwa hifashishijwe telefoni &nbsp;ngendanwa kandi uwiyandikisha akishyura 300 FRW nyuma yo gukanda *702#.<\/p>\n\n\n\n<p>Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwatangaje ko ubu ari uburyo bwo kwegera abakunzi b\u2019ikipe bakayifasha nkuko babyifuza.<\/p>\n\n\n\n<p>Uyu muhango wo gutangiza igikorwa cyo kubarura abakunzi ba Rayon Sports witabiriwe n\u2019 abahagarariye abayobozi b\u2019ama fanclubs, abakinnyi, abafana, SKOL n\u2019 abanyamakuru.<\/p>\n\n\n\n<figure class=\"wp-block-image size-large\"><img loading=\"lazy\" decoding=\"async\" width=\"960\" height=\"507\" src=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/02\/rayon-fans.jpg\" alt=\"\" class=\"wp-image-1105\" srcset=\"https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/02\/rayon-fans.jpg 960w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/02\/rayon-fans-300x158.jpg 300w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/02\/rayon-fans-768x406.jpg 768w, https:\/\/brightafrica.rw\/wp-content\/uploads\/2021\/02\/rayon-fans-390x205.jpg 390w\" sizes=\"auto, (max-width: 960px) 100vw, 960px\" \/><figcaption>Rayons Fans<\/figcaption><\/figure>\n\n\n\n<p>Karenzi Christophe<\/p>\n","protected":false},"excerpt":{"rendered":"<p>Ikipe ya &nbsp;Rayon Sports yagiranye ikiganiro n\u2019abanyamakuru imurika gahunda yo kwandika abafana bayo hirya no hino mu gihugu ariko yanasubije<\/p>\n","protected":false},"author":1,"featured_media":1103,"comment_status":"open","ping_status":"open","sticky":false,"template":"","format":"standard","meta":{"footnotes":""},"categories":[9],"tags":[],"class_list":["post-1102","post","type-post","status-publish","format-standard","has-post-thumbnail","hentry","category-imikino"],"_links":{"self":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1102","targetHints":{"allow":["GET"]}}],"collection":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts"}],"about":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/types\/post"}],"author":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/users\/1"}],"replies":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/comments?post=1102"}],"version-history":[{"count":2,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1102\/revisions"}],"predecessor-version":[{"id":1107,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/posts\/1102\/revisions\/1107"}],"wp:featuredmedia":[{"embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media\/1103"}],"wp:attachment":[{"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/media?parent=1102"}],"wp:term":[{"taxonomy":"category","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/categories?post=1102"},{"taxonomy":"post_tag","embeddable":true,"href":"https:\/\/brightafrica.rw\/index.php\/wp-json\/wp\/v2\/tags?post=1102"}],"curies":[{"name":"wp","href":"https:\/\/api.w.org\/{rel}","templated":true}]}}